Umuraperi Ntakirutimana Danny bita Danny Nanone yaraye afunguwe ngo akurikiranwe ari hanze ariko asabwa kuzajya yitaba Umushinjacyaha buri wa Gatanu wa nyuma wa buri kwezi. Icyemezo cy’Urukiko cyasomw...
Ishimwe Dieudonne wamenyekanye nka Prince Kid yitabye urukiko ngo aburane mu mizi ku byaha aregwa birimo kwaka ishimishamubiri rishingiye ku gitsina yageze imbere y’Urukiko ahita arugaragariza inzit...
Jean de Dieu Shikama watawe muri yombi n’ubugenzacyaha akurikiranyweho gupfobya Jenoside akabakandi yari asanzwe ari umuyobozi w’abari barinangiye kuva muri Kangondo na Kibiraro ahari hariswe ‘...
Robert Nyamvumba yafunguwe nyuma yo kurangiza igihano yakatiwe n’Urukiko Rukuru cyo gufungwa imyaka ibiri n’amezi atandatu n’ihazabu ya Miliyoni Frw 50. Yafungiwe muri gereza ya Nyarugenge iri mu Mure...
Gen Bosco Ntaganda usanzwe warakatiwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rw’i La Haye mu Buholande kuwa Mbere Taliki 12 Nzeri 2022, azitaba Urugereko rw’Ubujurire k’ugutanga imyanzuro ku cyemezo ...
Rwagati muri Nzeri, 2022 nibwo uwahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco Edouard Bamporiki aratangira kwitaba urukiko ku cyaha cyo gusaba no kwakira indonke akekwaho. Aza...
Nyuma y’igihe kirekire urubanza rw’abaganga bavugwaho kwica batabigambiriye umugore wari waje kubyarira mu Bitaro byitwa Baho International Hospital bazitaba urukiko mu Ukwakira, 2022. Abo baganga bak...
Nyuma y’uko Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avugiye ko Polisi itazihanganira abantu bambara impenure kuko bigaragaza ubupfura bucye no kubangimira umudende...
Mu Karere ka Muhanga Umurenge wa Nyamiyaga urukiko rwisumbuye rw’uyu Murenge rwaraye rukatiye uwari Umunyamabanga nshingwabikorwa w’agateganyo w’uyu Murenge witwa Jean de Dieu Kubwimana na rwiyemezam...
Nyuma y’uko bukomwe mu nkokora n’Icyemezo cy’Urukiko rw’u Burayi kitambitse ibyo kohereza abimukira mu Rwanda, Guverinoma y’u Bwongereza yavuze ko igiye kujya ishyira ikimenyetso ku bimukira baza muri...









