Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwemeje ko nta bimenyetso simusiga bibigaragaza ishingiro ry’ibirego byashinjwaga abaganga babiri ba Baho International Hospital by’uburangare bwaganishije ku rupfu rwa...
Umusore w’imyaka 21 y’amavuko witwa Harry May yemeye ko yateye umwami w’u Bwongereza Charles III igi ubwo yari aciye mu gace Harry atuyemo. Uyu musore yabwiye urukiko ko yabitewe n’umujinya w’uko abat...
Ubushinjacyaha bwasabye urukiko ko Charles Kayumba wari Umukuru w’Umudugudu, akaba afunganwe na Kayumba Innocent bita Kajerekani baregwa icyaha cyo gukubita umuntu bikamuviramo urupfu bakomeza gufung...
Ku myaka 28 y’amavuko, umugabo witwa Nelson Momanyi Ontita wo muri Kenya akurikiranyweho kwica abana be babiri imirambo akayijugunya mu ngarani. Umwe muri abo bana yari afite imyaka ibiri y’amavuko un...
Umunyamategeko Me Bigimba avuga yifuza ko abatangabuhamya barimo na Gen Paul Rwarakabije bagomba kuzitaba urukiko nk’abatangabuhamya ku ruhande rw’abo yunganira . Uyu munyamategeko ari kunganira Lt....
Ubwo Hon Edouard Bamporiki n’abamwunganira mu mategeko bagezaga ku rukiko rukuru impamvu z’ubujurire bwabo, bavuze ko bikwiye ko ikirego cy’uko yakoresheje ubushobozi yahabwaga n’amategeko mu nyungu z...
Edouard Bamporiki wigeze kuba Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umuco, kuri uyu wa mbere Taliki 19, Ukuboza, 2022 yitabye Urukiko rukuru kugira ngo aburane mu bujurire yatanze ku byaha yahamijwe...
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwarekuye by’agateganyo abakozi b’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC, bakurikiranwagaho gutanga isoko rya miliyari eshatu z’amafaranga y’u Rwanda (Miliyari Fw 3)k’umukozi ...
Urukiko rwanzuye ko umuraperi Kanye West azajya aha uwahoze ari umugore we bafitanye abana bane indezo ya $200,000 buri kwezi. Ni Miliyoni Frw 200 buri kwezi! Kim Kardashian yatanze ikirego cy’ubusab...
Iki ni icyifuzo cyatanzwe n’abunganira Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid umaze igihe mu nkiko aregwa gusambanya abakobwa bitabiraga irushanwa rya Miss Rwanda yateguraga. Mu iburanisha ryab...









