Intumwa y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye i Geneva mu Busuwisi Urujeni Bakuramutsa Feza yavuze ko kuba Repubulika ya Demukarasi ya Congo yavuze ko igihugu cye gikorera Jenoside ku butaka bwayo ari ib...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyaretse ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali uko cyasanze abawutuye babayeho. Nyuma yo kubibona babikubiye mucyo bise Ubushakashatsi ku Mibereho y’Ingo Icyic...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Urujeni Martine aherutse gutangaza ko hari ahantu harindwi hateje akaga abahatuye mu gihe imvura nyinshi izaba yatangiye kwi...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), kivuga ko hari amarushanwa amaze iminsi akorwa n’abahinzi b’ikawa ngo harebwe abayitaho neza k...
Ubwo hibukwaga Abatutsi biciwe muri Centre Christus i Remera mu Karere ka Gasabo, hari taliki 12, Mata, 2024, Perezida wa IBUKA yavuze ko hari abahesha b’inkiko bahishe amarangizarubanza y’abarokotse ...
Nyuma yo gutangwaho umukandida ngo azahagararire inyungu z’u Rwanda mu bwami bwa Jordania, Urujeni Bakuramutsa Feza yashyikirije ubuyobozi bw’ubu bwami impapuro zimwemerera gutangira imirimo. Afite ik...
K’ubufatanye na LODA, ubuyobozi bw’Umujyi bwateguye kandi butoza itsinda ry’abahanga bazaha abahoze ari abazunguzayi inguzanyo izishyura kuri 2% kugira ngo bakomeze gucururiza ku maseta yabo aho kugir...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko igihe kigeze ngo abatuye Umujyi wa Kigali n’abawugenda bamenye ko guca mu bisitani bitemewe kandi bazirikane ko ababikora bazabihanirwa. Guca cyangwa guta imyan...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali ushinzwe imibereho myiza, Madamu Martine Urujeni yabwiye abaturage bo mu Murenge wa Remera mu Kagari ka Nyabisindu I barimo n’abakora uburaya ko Imana ishobora kubafasha k...








