Mu bihe no mu buryo butandukanye, Minisiteri y’ubuzima ikunze gusaba Abanyarwanda kureka itabi kuko ryica ubuzima mu buryo bwinshi. Ububi bw’itabi ntibugarukira mu gutera abantu kanseri n’uburemba, ah...
Gupfuruta kubera kurya ibiryo runaka ni ibyo abahanga mu buvuzi bita ‘food allergy.’ Abantu bazakubwira ko iyo bariya amafi, amagi, ubunyobwa, ingano, soya na sesame bapfuruta. Gupfuruta bitewe no k...
Hari abantu batekereza ko umuntu mwiza( ku ruhu) ari uw’inzobe, ibi bigatuma bamwe bakoresha amavuta arimo ikinyabutabire kitwa bita hydroquinone kugira ngo babe inzobe. Kuba inzobe utaravutse uriyo b...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya magendu(Revenue Protection Unit) ryafatiye mu Murenge wa Gikondo abacuruzi bacuruzaga amavuta yo kwisiga arimo ikinyabutabire kitwa Hydroquinone kizwiho...



