Mu Murenge wa Busoro mu Kagari ka Kimirama mu Karere ka Nyanza haravugwa umugore wakuyemo inda yari ifite amezi umunani ajugunya uwo mwana mu mwobo. Uwo mugore afite imyaka 34 y’amavuko, bikavugwa ko ...
Mu Mudugudu wa Amizero mu Kagari ka Kivugiza mu Murenge wa Nyamirambo Akarere ka Nyarugenge haravugwa inkuru y’uruhinja rwatawe mu bwiherero n’umuntu utaramenyekana. Byaraye bibaye kuri uyu wa Gatatu ...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi buvuga ko hari umugore bwataye muri yombi bumukurikiranyeho guta uruhinja rwe mu cyobo gitwara amazi. Ku mpamvu turataramenya, biravugwa ko uwo mug...
Abagenzi batoraguye uruhinja bigaragara ko ari bwo rwari rukivuka Nyina yarutaye ku nzira iri mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo. Iyi nkuru yamen...
Amakuru tugikusanya aremeza ko hari uruhinja rwatoraguwe mu nyubako isanzwe icumbikira abakobwa biga Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye. Basanze rwaburaga ukwezi ngo ruvuke. Abarutoraguye baru...
Umwana w’uruhinja w’umunyamugisha abantu bamukuye mu bwiherero aho yari yatawe n’umuntu utaramenyekana. Amakuru avuga ko ruriya ruhinja rwari rumaze Icyumweru kimwe ruvutse. Abaturage bo mu Mudugudu w...
Mu Murenge wa Gakenke mu Karere ka Gakenke umugore wihitiraga yasanze uruhinja ku kayira gaturiye ishyamba baruhataye. Amakuru avuga ko rufite hagati y’ukwezi n’igice n’amezi abiri, rukaba ari umuhung...
Muri Espagne hari umugore polisi iherutse gufatwa nyuma y’uko cameras zimufotoye yiba uruhinja mu bitaro. Yari yaje yigize Umuforomokazi ukora ahitwa Bilibao. Abapolisi bari bamaze igihe bashaki...
K’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, Taliki 30, Kanama, 2022 nibwo ku mupaka munini uhuza Goma na Gisenyi hageze Abanyarwanda batandatu barimo n’uruhinja bari baherutse gufatirwa muri Repubulika ya Demu...
Mu Mudugudu wa Nyamure, Akagari ka Nyakina, Umurenge wa Gashenyi mu Karere ka Gakenke, haravugwa inkuru mbi y’uruhinja rufite n’ukwezi kumwe basanze mu bwiherero rwapfuye. Ntibiramenyekana niba ari um...









