Mu Ntara ya Cape Town muri Afurika y’Epfo abantu umunani biciwe mu birori byo kwizihiza umunsi w’amavuko w’inshuti yabo. Bishwe barashwa n’abantu bataramenyekana kugeza ubu. Polisi ivuga ko abantu biy...
Inzego z’umutekano hamwe n’iz’ibanze ziri guhigira hasi kubura hejuru abagizi ba nabi bitwikiriye ijoro batera abaturage ibyuma. Abagabo bane nibo bakomerekejwe na bariya bagizi ba nabi na n’ubu bagis...
Mu rwego rwo guca urugomo rukorwa n’abashumba bo mu Karere ka Rubavu, ubuyobozi bwako bwanzuye ko buri wese uragira agomba kugira ikarita imuranga. Imyaka irashize abaturage bo mu mirenge nka Cyanzarw...
Ubutabera bwa Uganda bwatumije umuhanzi uri mu bamamaye kurusha abandi mu Karere Uganda iherereyemo witwa Jose Chameleone kugira ngo asobanure ku byo aregwa byo guhohotera umumotari. Byabaye ubwo umum...
Mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro hamaze iminsi humvikana abaturage batakaga ko hari umugabo witwa William Muhozi wari waribasiye abantu akabakubita ndetse bamwe ngo bikabaviramo urupfu ariko...
Perezida William Ruto yategetse Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Kenya uherutse kurahirira inshingano nshya gukora ibyo ashoboye byose ariko agaca urugomo mu baturage ba Kenya. Yavuze ko nta kintu Pol...
Imibare itangwa n’ikigo cy’Afurika y’Epfo gishinzwe ibarurishamibare ivuga ko buri mwaka abantu 20,000 bicwa n’abagizi ba nabi. Ni umubare uteke inkenke mu gihugu gituwe n’abaturage Miliyoni 60. Hagat...
Abaturage bo mu mashyaka atavuga rumwe na Leta y’Afurika y’Epfo basabye Perezida w’iki gihugu Cyril Ramaphosa kwegura ku buyobozi bw’Ishyaka ANC riri k’ubutegetsi bitarenze amasaha 42. Hashize amasah...
Thamim Ian Hakizimana uherutse kwicirwa mu Bwongereza atewe ibyuma ku wa Gatandatu tariki 24, Nyakanga, 2021yarashyinguwe. Yishwe n’itsinda ry’ingimbi zamuteze ajya ku ishuri. Yiciwe ahitwa Woolwhich ...
Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango Bwana Valens Habarurema yaraye ahakanye ibivugwa na bamwe mu bakozi bo mu biro by’Akarere bamushinja kubatoteza. Hari mu kiganiro yahaye abanyamakuru. Bamwe mu bakozi bo...









