Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye inama irebera hamwe uko Afurika yafashwa kugira inganda zikora inkingo, Perezida Paul Kagame yavuze ko muri iki gihe ari ngombwa gufasha uyu mugabane kugira inganda ...
U Rwanda n’u Budage ni ibihugu bifitanye amateka kuva mu Ntangiriro z’Ikinyejana cya 20 ubwo Inama yabereye i Berlin iyobowe na Bismarck yemezaga ko u Budage bugabanye igice cyahozemo ubwami bw’u Rw...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Dr John Nkengasong uyobora Ikigo nyafurika cyo kurwanya ibyorezo kitwa Africa Center for Disease Control and Prevention ( Africa CDC). D...
Amakuru Taarifa yakuye muri bamwe mu baturage bo muri Kimisagara avuga ko mu gace kuriya murenge gaturanye na Nyabugogo hari igaraje riri gushya. Ni igaraje rituriye uruganda rukora inkweto. Ubwo twa...
Igitekerezo cyo kubaka uruganda rw’inkingo mu Rwanda cyatangiye kuza mu mutwe w’abakorera uruganda Siemens rwo mu Budage mu mwaka wa 2018. Tariki 10, Ukwakira nibwo itsinda ryabo riyobowe na Sabine Da...
Perezida Paul Kagame yavuze ko kugira ngo u Rwanda rubone ibikenewe byo gutangira uruganda rw’inkingo mu Rwanda byabaye urugendo rutoroshye, ariko ari intambwe itanga icyizere bijyanye n’uburyo ibihug...
N’ubwo Nyabihu ari kamwe mu turere dufite abaturage bakennye kurusha abandi mu Rwanda ukurikije ubushakashatsi buherutse gutangazwa n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare( NISR), muri iki gihe kari ku...
Abakora mu rwego rw’ubuzima muri Koreya y’Epfo batangaje ko bari mu biganiro n’ibigo byo muri Amerika n’u Burayi kugira ngo bayifashe gushinga uruganda rukora inkingo za COVID-19 zo mu bwoko bwa Pfize...
Abakorera uruganda rusoroma rukanatunganya icyayi ruri mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu ruzwi nka Pfunda bahagaritse by’agateganyo akazi basanzwe bakora muri uru ruganda. Umwe mu baturiy...
Minisitiri w’ibikorwa remezo Bwana Claver Gatete yasuye ahari kubakwa uruganda rukora intsinga ruri mu Karere ka Nyanza. Yari aherekejwe na Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Madamu Alice Kayitesi , Umuy...








