Uruganda rukorera ahitwa Mtibwa muri Tanzania rwaraye ruhiye, inkongi ihitana abantu 11 barimo n’Umunyakenya umwe. Mtibwa ni mu Burasirazuba bw’Intara ya Morogoro, imwe mu Ntara za Tanzania. Amakuru a...
Imvura imaze iminsi igwa mu Rwanda yatumye ibishanga uruganda rw’isukari rwa Kabuye rwahingagamo ibisheke byuzura. Ingaruka zabaye iz’uko amakamyo apakira ibisheke abura uko agera mu kazi ndetse n’aba...
Uruganda nyarwanda runagura ibyuma bishaje bivanwa hirya no hino mu gihugu no hanze y’u Rwanda bigakorwamo fer à béton rwitwa SteelRw ruvuga ko hari ubwo iyo ruri kubivangura rusangamo za grenades n&#...
Uru ruganda ruherereye mu Murenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara. Rwatangiye gutanga amashanyarazi mu mwaka wa 2021, icyo gihe intego ikaba yari iy’uko ruzatanga hagati ya megawati 40 na megawati 80. ...
Ikoranabuhanga riri ku rwego ruteye ubwoba! Riteye ubwoba mu mpu zombi kubera ko, ku ruhande, ririhuta cyane kandi mu nzego zose. Ku rundi ruhande rirasatira urwego rw’uko umuntu nyamuntu twese tuzi ‘...
Guverinoma y’u Rwanda binyuze mu Kigo cy’ingufu za Atomique gishamikiye kuri Minisiteri y’ibikorwa remezo, yasinyanye amasezerano n’ikigo cy’Abadage n’abanya Canada kitwa Dual Fluid agamije kurufasha ...
Kuri uyu wa Kane taliki 03, Kanama, 2023 Perezida Paul Kagame yatashye uruganda rwa sima rwuzuye mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Nyamabuye. Umwe mu barukoramo yabwiye Taarifa ko uru ruganda rukora...
Komisiyo yashyizweho n’Ibiro by’Umukuru wa Gambia yatangaje ko yakusanyije ibihamya byerekana ko abana 70 baherutse gupfa mu buryo bumwe kandi butunguranye, bazize imiti batewe mu nshinge kandi itujuj...
Abagize itsinda ry’uruganda rucukura zahabu yo muri Repubulika ya Congo rwitwa Primera Gold DRC SA baherutse gusaba abashoramari bo muri Leta ziyunze z’Abarabu kubafasha kubaka uruganda rwujuje ibisab...
Aborozi b’inka bo mu bikuyu bya Gishwati banenga ubuyobozi bw’uruganda rubatunganyiza amata kutababwira uko imigabane barufitemo ihagaze kuko ngo hari amakuru bafite avuga ko rwahombye. Binubira ko nt...









