Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri mu Karere ka Bugesera ahari icyanya cy’inganda haraye hadutse inkongi yafashe rumwe muri izo nganda rukora imyenda rwitwa Sunbelt Textiles Rwanda. Uru ruganda ruhereye ...
Me Samuel Nkubayingoga umunyamategeko w’Uruganda Ingufu Gin Limited avuga ko ubwo babonaga ko ubwo babonaga ko hari abantu bigana inzoga z’uruganda rwabo, byababaje bityo agiye kubatangira ikirego. Mu...
Amakuru ya vuba ku nkongi yazindukiye mu cyanya cy’inganda cya Kigali avuga ko uruganda rwahiye ari urw’Abashinwa rukorera imyenda muri kiriya cyanya. Umuvugizi wa Polisi ACP Boniface Rutikanga yabwiy...
Akarere ka Gatsibo kari mu turere twa mbere mu Rwanda tutagira amazi ahagije abagatuye n’abagasura. Mu rwego rwo kurangiza cyangwa se kugabanya ubukana bw’iki kibazo, kuri uyu wa Mbere hatangijwe ku m...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ubwo yafunguraga ku mugaragaro uruganda rukora ifu mu mata y’inka yavuze ko bikwiye ko umukamo uzamuka ukaba wagera cyangwa ukarenga litiro 40 ku munsi. Avuga ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yatashye uruganda rukora ifu mu mata ruri mu Karere ka Nyagatare ahitwa Rutaraka. Ni uruganda rwubatswe mu Cyanya cy’Inganda cya Rutaraka mu Murenge wa ...
Nyuma y’uko Guverinoma y’u Rwanda binyuze muri MINAGRI itashye uruganda rwitwa Gorilla Feed rwubatse mu cyanya cy’inganda i Masoro, aborozi b’ingurube babishimye ariko basaba ko ibyo...
Nk’urwego rwa Politiki rumaze igihe ruyobora u Rwanda kandi rufite icyizere cy’uko ruzabikomeza, FPR-Inkotanyi iteganya ko mu myaka itanu iri imbere izubaka uruganda rukora ibirahure bikoreshwa mu bwu...
Rumwe mu nganda zikomeye muri Koreya y’Epfo rwaturitse nyuma y’uko ahakorerwa amabuye atwara imodoka ya lithium hafashwe n’inkongi. Abantu 16 bahise bahasiga ubuzima. Urwo ruganda ru...
Nyuma y’igihe kirekire uruganda rukora amata y’ifu rwa Nyagatare rwubakwa, ubu rwarangije kuzura. Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba Pudence Rubingisa yatangarije kuri X ko iyi ari inkuru nziza kuri ...









