Mu myaka yabanjirije COVID -19, mu bice byinshi by’u Rwanda havugwaga ibyuma byakinirwagaho imikino y’amahirwe byavugwaho kurya abantu amafaranga bigateza impagarara mu miryango. Ese ubu b...
Kuri uyu wa Gatandatu, Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yatangiye uruzinduko mu Karere ka Rubavu gusura imishinga ihakorerwa. Yahereye ku ruganda rukora amashanyarazi avuye muri gazi metan...
Hari amasezerano yasinywe hagati y’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gutanga imiti, Rwanda Medical Supply Limited, n’icyo muri Qatar kitwa Philex Pharmaceuticals yo gufasha u Rwanda gukora no kugeza ku batu...
Ikigo kizwi mu gukora sima mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Bugarama kitwa CIMERWA Plc kigiye gushora Miliyoni $190 mu kubaka uruganda rutunganya iby’ibanze bikoreshwa mu gukora sima, rukazubakwa i Mu...
Hari amakuru yatangajwe na CBS avuga ko ibisasu Amerika iherutse kurasa muri Iran igamije gusenya burundu inganda zikora intwaro za kirimbuzi nk’urwa Fordow, bitageze ku ntego. Ibisobanuro bitangwa mu...
Umuyobozi muri RDB ushinzwe imari, Joseph Cedrick Nsengiyumva aherutse Abadepite ko kubaka uruganda rwo gutunganyirizamo urumogi rwo gukoresha mu buvuzi bigeze kure. Avuga ko imirimo isigaye irimo kub...
Dr. Nsanzimana Sabin uyobora Minisiteri y’ubuzima yafunguye uruganda rukora inshinge zo kwa muganga, rwuzuye mu Karere ka Rwamagana, rukazabanza kujya rukora izigera kuri miliyoni ku munsi ariko zik...
Mu Bugesera hagiye kubakwa uruganda rutunganya impu rwitezweho kuzajya rwinjiriza igihugu Miliyoni $430, ni ukuvuga Miliyari Frw 600 mu gihe cy’umwaka. Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente niwe uh...
Kuri uyu mugoroba, Guverineri Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru yatashye ku mugaragaro uruganda ruzakora inzoga ikomeye ya Vodka mu birayi. Ni uruganda rwitwa Virunga Mountai...
Mu Murenge wa Nyarugenge ahateganye na BRD hatashywe Ikigo Nyafurika cy’imiti, Africa Medicines Agency, AMA. U Rwanda nirwo rwatsindiye iki cyicaro nyuma yo guhigika ibihugu icyenda byagishakaga. Mini...









