Minisitiri w’urubyiruko Dr. Utumatwishima Abdallah avuga iyo urubyiruko rubonye akazi, bituma rukora rukinjiza bityo rukitunga, bigatuma rutishora mu byaha kubera ko ruba rufite icyo ruhugiyeho. Yabiv...
Minisiteri y’ubuzima ifatanyije na Polisi y’u Rwanda yatangije ubukangurambaga bwo kwibutsa urubyiruko ububi bw’ibiyobyabwenge. N’ubwo ari uko bimeze, hari abibaza niba urubyiruko rw’ubu rwiyumvisha k...
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Dr. Ron Adam yatangaje ko mu rwego rwo gufasha u Rwanda kuzagira urubyiruko rucangamutse mu mutwe, ari ngombwa ko abarangiza amashuri yisumbuye batagombye kwihutira Kami...
Abasore n’inkumi baturutse mu bihugu 32 by’Afurika bari i Kigali mu marushanwa mu mibare. Ni irushanwa ry’abanyamibare ryitwa Pan African Mathematics Olympiad. Abayitabiriye, bemera neza ko imibare is...
Perezida Paul Kagame yaraye abwiye abayobozi bitabiriye inama nyobozi y’Umuryango w’ibihugu bivuga Icyongereza Commonwealth, ko bigomba gukomeza gukorana mu nyungu z’ababituye cyane cyane urubyiruko. ...
Abasore n’abagabo mu murenge wa Rukara mu Karere ka Kayonza bavuga ko mu rwego rwo kwirinda kwandura SIDA, bakoresha udukingirizo ariko bakavuga ko iyo igitsina gifashe umurego ducika. Basaba ko hazak...
Urubyiruko rwo mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Rukomo ruvuga ko ubusambanyi budakingiye buhavugwa butizwa umurindi n’uko udukingirizo tuba kure yarwo. Hari n’abavuga ko inzoga iboshya. Bavuga ko ...
Minisitiri w’uburezi Dr. Valentine Uwamariya yaraye atangaje ko u Rwanda rufite intego yo guteza imbere Igifaransa mu mashuri y’ibyiciro byose by’uburezi. Yabivugiye mu muhango u Rwanda rwifatanyijemo...
Hari amafoto agaragaza abasore bafite imifuka irimo amabuye. Biyemeje guhangana na Polisi ya ya Kenya nibabuza kwigaragambya nk’uko bamaze iminsi babisabwa n’umuyobozi wabo Raila Odina. Mu...
Nigeria nicyo gihugu cya mbere gituwe n’abaturage benshi muri Afurika. Imibare ya Banki y’isi yo mu mwaka wa 2021 yerekana ko cyari gituwe n’abaturage 213,400,000. Nicyo gihugu kandi gikize kurusha i...









