Umuvugizi wungirije w’ingabo z’u Rwanda, Lt Col Simon Kabera avuga ko muri Jenoside yakorewe Abatutsi hari abahisemo kuba ibigwari boreka igihugu ariko hari abahisemo ubutwari barwanira igihugu baraki...
Perezida Kagame yabwiye urubyiruko nyafurika ko ikoranabuhanga ari umutungo ukomeye, ufasha rwiyemezamirimo kugera ku ntego ze. Hari mu gikorwa cyo guhemba abakoze imishinga isubiza ibibazo by’a...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abahanga mu by’ubukungu bateraniye mu nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda ko urubyiruko rw’Afurika rukwiye guhabwa ubumenyi rukeneye kugira ngo rube...
Fanfan Kayirangwa Rwanyindo wahoze ari Minisitiri w’abakozi n’umurimo muri Guverinoma y’u Rwanda yaraye ahererekanyije inyandiko n’uwo yasimbuye mu nshingano nshya mu Muryango mpuzamahanga uharanira ...
Umuyobozi muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe Abanyarwanda baba mu mahanga witwa Sandrine Maziyateke avuga ko hari umubare w’urubyiruko rw’u Rwanda rutiyumvamo kuba Abanyarwanda ahubwo rwiy...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame avuga ko iyo urebye uko isi yihuta, ukareba uruhare ikoranabuhanga ribigiramo, uhita ubona ko kurigeza ku bantu bose ari ikintu kihutirwa. Yabivugiye mu nama mpuzamahang...
Umushinga wo kubaka iyo nyubako watangiye muri Mutarama 2022 ku bufatanye bwa Leta y’u Rwanda n’Ubwami bw’u Bubiligi bubinyugije mu masezerano hagati y’Ikigo gishinzwe gutera Inkunga ibikorwa by’itera...
Kugira amahoro bikubiyemo byinshi. Akenshi amahoro ni umusaruro w’umutekano kuko iyo wariye, ukanywa, ukaryama ugasinzira, warwara ukivuza, ntugirane amakimbirane n’abandi; bituma wumva mu mutima wawe...
Umuyobozi wungirije w’Inama y’Ubucuruzi mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba( East African Business Council, EABC) Denis Karera asaba urubyiruko rw’u Rwanda gutekereza imishinga mizima yo guterwa ink...
Kuri uyu wa Gatatu taliki 23, Kanama, 2023 ubwo Perezida Kagame yaganiraga n’urubyiruko muri YouthConnekt ku nshuro ya 10, yagarutse ku bintu bitandukanye bigomba kururanga ndetse n’ibindi bikwiye kur...









