Prof.Jeannette Bayisenge ushinzwe abakozi n’umurimo avuga ko ibura ry’ikoranabuhanga mu mirimo itandukanye ndetse n’igishoro kidafatika biri mu by’ibanze bidindiza umusaruro w’abakozi mu Rwanda. Aho i...
Umuhanzi wo muri Uganda uri mu bakunzwe mu ngeri zose z’abaturage b’iki gihugu witwa Eddy Kenzo yaraye ageze mu Rwanda mu gitaramo yatumiwemo ngo azifatanye na bagenzi be mu kwizihiza no kumurika alub...
Urubyiruko rw’i Goma rwatangije imyigaragambyo aho rwamagana Leta zunze ubumwe z’Amerika n’Umuryango mpuzamahanga muri rusange bawushinja ko wirengagiza nkana ubushotoranyi bavuga ko bukorwa n’u...
Mu Mujyi wa Kigali guhera kuri uyu wa Gatanu taliki 16, Gashyantare, 2024 haratangira iserukiramuco Nyafurika bise “Miss Black Festival” rihuza Abiraburakazi bo hirya no hino ku isi ngo bahigane ku ...
Minisitiri Nepo Abdallah Utumatwishima yabwiye Perezida Kagame ko urubyiruko rwamutumye ngo amubwire ko rumufataho urugero. Ati: ‘Urubyiruko rwinshi niyo turebye ibyo bandika ku mbuga nkoranyamb...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye Inama y’igihugu y’Umushyikirano ko n’ubwo mu myaka 30 ishize u Rwanda rwapfushije benshi, ariko akibutsa ko ubu rufite igisekuru kizima kigizwe n&...
Guverinoma y’u Rwanda yatangarije amahanga ko yamaganye kandi isaba n’amahanga kubigenza gutyo, ikamagana amagambo ivuga ko[Guverinoma] ahembera amacakubiri mu Banyarwanda akaba aherutse kuvugwa na P...
Umukuru wa DRC uherutse kurahirira kongera kuyobora iki gihugu Felix Tshisekedi yaraye yakiriye iwe mugenzi we uyobora u Burundi, Evariste Ndayishimiye. Ku rubuga wa X rw’Ibiro by’Umukuru w’Uburundi ...
Abanywi b’ikawa bazi amaduka acuruza ikawa bita Stafford Coffee Shops hirya no hino mu Rwanda. Ni aya Rubagumya Stafford akaba umugabo wiyemeje guha akazi abafite ubumuga bwo kutumva ngo bamucururize...
Bikubiye mu masezerano ubuyobozi bw’iyi Banki bwaraye basinyanye na Ambasade ya Suwede mu Rwanda, akaba akubiyemo ubufatanye mu kubakira ubushobozi ibigo by’imari bito n’ibiciriritse ku kigero cya 70%...









