Abasore n’inkumi bo muri Uganda batangiye kwigaragambya bavuga ko badashaka ko ruswa yogera mu gihugu. Bikozwe nyuma y’umuburo Perezida Museveni yari aherutse gutanga wo kwirinda guhungabanya umudende...
Kuri uyu wa Kabiri urubyiruko rwo muri Kenya rwagarutse mu mihanda gusaba ko Perezida William Ruto yegura. Nubwo ntako atari yagize ngo acubye uburakari bwarwo, bisa n’aho ibyo yakoze bidahagije mu ma...
Kagame yabwiye abakorera ku mbuga nkoranyambaga ko burya bifitemo imbaraga zikomeye mu kwakira no gutangaza ibitekerezo byabo cyangwa iby’abandi, aboneraho kubasaba kubikoresha mu nyungu zubaka u Rwan...
Paul Kagame yibwiye urubyiruko ko ari rwo rushinzwe guteza imbere u Rwanda, rukarurinda kandi rugaharanira ko ruba ikirenga. Yabivuze mu ijambo yagejeje ku baje kwifatanya n’Abanyarwanda kwibuka ukwib...
Ibyo muri Kenya bikomeje kuyoborana nyuma y’uko urubyiruko rubyukiye mu yindi myigaragambyo ikomeye rwamagana Perezida Ruto. Kuri uyu wa Kabiri ibintu byari byongeye gukara mu mihanda minini ya ...
Perezida Kagame yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kureka kugoreka Ikinyarwanda nkana. Avuga ko bibabaje kuba hari urubyiruko rufata Ikinyarwanda rukakivanga n’Ikirundi, Ikigande, Ikinyecongo n’izindi ndi...
N’ubwo atamuvuze mu izina ariko Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yatangaje hari umwe mu bashakaga kuziyamamariza kuyobora u Rwanda wahaga urubyir...
Madamu Jeannette Kagame yaraye asabye urubyiruko gukomeza guhangana n’abashaka gusenya ibyo ibyo Abanyarwanda bigejejeho. Hari mu kiganiro yabahaye ubwo hibukwaga urubyiruko rwazize Jenoside yakorewe ...
Dr.François Xavier Kalinda uyobora Sena y’u Rwanda yaraye abwiye abitabiriye Inama nyunguranabitekerezo ku gusigasira umuco w’Abanyarwanda ko ari ngombwa cyane ko urubyiruko rwigisha indangagaciro z’u...
Perezida Kagame yabwiye urubyiruko ruhagariye urundi rwari ruteraniye muri BK Arena ko ubuto bwarwo ari umutungo w’agaciro, ko badakwiye kubupfusha ubusa. Ni mu kiganiro kitwa Meet The President...









