Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’abahanzi ifatanyije na Imbuto Foundation igiye kubaka ibigo by’urubyiruko mu rwego rwo kuzamura impano zarwo. Ni ubufatanye bwiza kuko Umunyamabanga wa Le...
Kuva kuri uyu wa 20 kugeza kuwa 22, Ugushyingo, 2024, mu Karere ka Rwamagana hateraniye inama ihuza Croix-Rouge y’u Rwanda n’ abafatanyabikorwa bayo. Yamurikiwe ikigo cyo kuzafasha urubyiruko kwihangi...
Perezida Kagame avuga ko ubwo yari afite imyaka 40 yatekerezaga ko nagira nka 50 azaba yarakoze byinshi bihagije ku buryo yaruhuka. Ariko yaje gusanga ahubwo ari bwo yari afite ibyo gukora kurushaho. ...
Perezida Kagame avuga ko kugira ngo urubyiruko rw’u Rwanda ruteze imbere imishinga yarwo Guverinoma yarushyiriyeho ikigega kishingira imishinga yarwo kugira ngo igurizwe na Banki, iki kikaba ik...
Umuhanzi Kodama avuga ko yahisemo kuririmba indirimbo z’ubutumwa bw’amahoro, ubumwe no kuzamura igihugu yiteze ko bizazana inyungu zirambye aho kuririmba ibyo yise ibishegu biririmbwa n’abashaka inyun...
Mu mateka ya Politiki ya Kenya nibwo bwa mbere Visi Perezida wayo yegujwe na Sena. Sena niyo yari isigaye ngo yemeze ko Rigathi Gachagua wari Visi Perezida wa Kenya yegura. Rigathi Gachagua ashinjwa i...
Abahagarariye urubyiruko mu Karere ka Kicukiro, Nyarugenge na Gasabo bavuga ko urubyiruko rukwiye guhabwa umwanya ‘ufatika’ mu biganiro bigena ingano y’ingengo y’imari irugenerwa. Babivugiye mu bigan...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu avuga ko hari abantu bumva avuga ibyabaye mu mateka y’u Rwanda bakamurakarira. Abo ngo ni abafite aho bahuriye n’abagize uruhare mu macak...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye ikiganiro yatangiye muri Milken Institute ko u Rwanda rwasize inyuma amateka mabi rwaciyemo. Avuga ko icyo we n’abandi Banyarwanda benshi bahuriyeho ari uguharanira...
Urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira ibyaha (RYVCP) rwo mu Mujyi wa Kigali rwaraye ruhuguwe na Polisi ku bumenyi bwo kuzafasha abakoresha umuhanda kugira imyitwarire ibarinda mu gihe bawuk...









