Umukuru w’u Rwanda yabwiye ihuriro ry’urubyiruko rwari ruhagarariye urundi mu nama yaruhuje n’Abakuru b’ibihugu byitabiriye Inama cya CHOGM kugira ngo rubagezeho ibibazo rufite, ko n’ubwo hari ibibazo...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente avuga ko u Rwanda ndetse n’ibindi bihugu bigize Commonwealth byashoye mu rubyiruko kugira ngo rube ari rwo ruzabizanamo iterambere rirambye. Yaraye y...
Guhera taliki 19 kugeza taliki 21, Kamena, 2022 mu Rwanda hari kubera Inama y’urubyiruko rwo mu Muryango w’Ibihugu bivuga Icyongereza. Izigirwamo uko abayitabiriye bakunganirana binyuze mu bitekerezo ...
Inspector General of Police ( IGP) Dan Munyuza yaraye abwiye urubyiruko rwari rumaze iminsi rutozwa indangagaciro z’Abanyarwanda ko rukwiye gukoresha imbaraga zarwo mu kurinda u Rwanda icyaruhungabany...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente ubwo yafunguraga inama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda yiga ku ruhare rw’urubyiruko mu kuzamura ubukungu bw’isi binyuze mu ikoranabuhanga, yavuze k...
Mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Karama mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Kicukiro haraye hafunguwe ikigo kizahugura urubyiruko ruba muri uyu mudugudu mu myuga irimo n’ubudozi. Intego ni ukuruha ubume...
Mu rwego rwo gufasha urubyiruko ruba mu midugudu y’Icyitegererezo kugira ubumenyi buzarufasha guhanga imirimo ntirubere ababyeyi cyangwa abaturanyi umutwaro, abagize Ikigo kitegamiye kuri Leta kitwa F...
Kubera ko bitakiri ngombwa cyane ko umuntu aba ari kumwe n’undi ngo babone kuganira kubera ikoreshwa ry’imbuga nkoranyambaga, hari abantu bafite umutima mubi bashuka abandi bakashora mu byo amategeko ...
Abasore batatu n’umukobwa umwe barimo batatu bafitanye isano n’undi umwe batekereje umushinga wo gutunganya ibiti byasagutse mu ibarizo n’ahandi bakabikoramo ibikoresho by’ubugeni. Intego yari iyo kur...
Ubuyobozi bw’Utugari twa Nyakabungo na Nkusi Mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo bwateguye umukino w’umupira w’amaguru wahuje amakipe y’urubyiruko muri utu tugari. Urangiye rwibukijwe ko guk...









