Ubwo yarangiza inama mpuzamahanga yari imaze iminsi ine ihuriza urubyiruko rw’Afurika mu Rwanda, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yavuze ko we n’abandi bafata ibyemezo bazi neza ko guha urubyi...
Abanyarwanda bo hambere bavugaga ko umurimo wari uguhinga ibindi bikaba amahirwe. Babishingiraga ku ngingo y’uko ubuhinzi bwari butunze benshi, kandi ibisabwa ngo imyaka yere bikaba byari bihari mu bu...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko abibwira ko Afurika ituwe n’abantu barazwe kuba abanyabibazo bibeshya. Ngo ntaho ibibazo bitaba bityo icyo abatuye Afurika basabwa ni uguhangana n’ibibazo byab...
Hari indirimbo iri mu zimaze igihe ivuga ko u Rwanda rw’ejo ruteganya kuzamenya gusoma. Icyakora hari ibindi rusoma bikarukoraho. Ibyo ni inzoga n’ibiyobyabwenge kandi byatumye umubare w’urubyiruko r...
Busingye Johnston wigeze kuba Minisitiri w’Ubutabera ubu akaba ahagarariye u Rwanda mu Bwongereza yavuze ko ashyigikiye umuhati wa Polisi n’izindi nzego zirimo n’itangazamakuru mu kwamagana abakobwa c...
Umuntu uzumva bita ko ari influencer uzamenye ko ari umuntu uhora kuri murandasi asoma kandi agatangaza ibyo yasomye, ibyo yabonye, ibijyanye n’ubuzima bwe, ibijyanye n’ubuzima bw’ibindi byamamare…mbe...
Urwego rw’igihugu rw’iterambere, RDB , mu ishami ryarwo rishinzwe kubaka ubushobozi bwa ba rwiyemezamirimo rwaganiriye n’urubyiruko rw’Abanyarwanda baba mu bihugu by’u Burayi uko bashobora kugira uruh...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo, Gen. Maj Bayingana Emmanuel yabwiye itsinda ry’urubyiruko rwaturutse mu bihugu 13 ko ubutwari no gukunda u Rwanda byatumye Inkotanyi zikora ibyasaga n’i...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe imiyoborere n’abakozi, DIGP, Jeanne Chantal Ujeneza yaraye asabye urubyiruko rw’Abanyarwanda ruba hanze yarwo kuzaza rukajya muri Polisi rugatanga umu...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente yabwiye abagize Inteko zishinga amategeko zo mu bihugu bikoresha Igifaransa ko iyo abaturage badafite ibiribwa bihagije, bishobora kuba intandaro y’i...









