Prof. Joseph Mucumbitsi usanzwe ari umuganga w’indwara z’abana ndetse akavura umutima n’imitsi, avuga ko mu Rwanda hari ikibazo cy’ubuzima gikomeye kuko 8% by’urubyiruko rufite imyaka y’amavuko iri ha...
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline, asanga kugira ngo ibibazo biri mu ngo bikemuke, ari ngombwa ko abawugize birinda kwitana bamwana. Kuri we, kwitana bamwana bituma hataboneka igisub...
Guverinoma y’u Rwanda itangaza ko k’ubufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere, UNFPA, hashyizweho Ikigega kizaha urubyiruko inguzanyo nta ngwate. ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yabwiye urubyiruko rurangije itorero ry’Indangamirwa ko gukomera k’u Rwanda gushingiye ahanini ku cyubahiro Abanyarwanda biha aho bari hose...
General Mubarakh Muganga uyobora ingabo z’u Rwanda yabwiye urubyiruko rwitabiriye urubyiruko Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15, ruri mu kigo cy’ubutore cya Nkumba mu Karere ka Burera ko RDF i...
Perezida Paul Kagame yongeye gushimangira ko Afurika atari umugabane warazwe ubukene, ahubwo ko ari ahantu hashobora gutera imbere nk’uko n’abandi babigezeho. Yabivugiye imbere y’urubyiruko rwa Afurik...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda CG Félix Namuhoranye asaba urubyiruko kuzibukira ibibi bakitabira imikorere ishyize mu gaciro, ibahesha ikanahesha igihugu cyabo agaciro. Yabivugiye mu kiganiro a...
Ibi birashoboka uramutse ushingiye ku igenamigambi ryayo rikubiye mu mibare ubuyobozi bw’iyi Minisiteri bufite mu myaka ine iri imbere. Igenamigambi ryayo rivuga ko kuva mu mwaka wa 2024/25 kugeza mu ...
Nyuma yo gusobanurirwa akamaro ko gushora mu gihugu cyarwo, urubyiruko rw’Abanyarwanda ruba mu mahanga rwahisemo gushora mu mishinga imwe n’imwe yo kuzamura imibereho y’abaturage. Hashize hafi imyaka ...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brigadier General Ronald Rwivanga asaba urubyiruko kuzibukira imyitwarire igayitse irusiga icyasha, ahubwo rukimakaza Ndi Umunyarwanda, rukamenya guhanga udushya no kugir...









