Urukiko rukuru rwa gisirikare rwasubitse gusomera Joseph Kabila, igikorwa cyari bube kuri uyu wa Gatanu tariki 12, Nzeri, 2025 kigasubikwa kubera ko hari ibindi urukiko rwasanze bigomba kubanza kugibw...
Mu masaha ari imbere nibwo urukiko rwa gisirikare rwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ruri busomere Joseph Kabila nyuma yo kuburanisha urubanza Ubushinjacyaha bwa gisirikare bwamuregagamo ibyaha bir...
Ubwo humvwaga ubuhamya bw’ubushinjacyaha ku birego bwareze Joseph Kabila, urukiko rwasabye ko herekanwa amashusho buheraho buvuga ko yabikoze. Urukiko rukuru rwa gisirikare rwa Kinshasa nirwo ru...
Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuri uyu wa Gatanu ruratangiza urubanza Joseph Kabila wahoze ari Perezida aregwamo kugambanira igihugu. Ni urubanza ruri rutangire nyuma y...
Mu masaha y’igicamunsi kuri uyu wa Gatanu tariki 18, Nyakanga, 2025 nibwo Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Ingabire Victoire Umuhoza afungwa iminsi 30 y’agateganyo mu giohe iperereza ryimbit...
Urukiko rwa Afurika rushinzwe uburenganzira bwa muntu rwanzuye ko ibyo u Rwanda rwari rwaratanze nk’impamvu rudakwiye kwakira no kuburanisha ibirego DRC irurega, zidafite ishingisho. Hashize igihe DRC...
Urukiko Rukuru rwa Kigali, nyuma yo kumva uko yireguye ubwo rwamubazaga ku byerekeye abantu ubushinjacyaha burega ko baba mu ishyaka rye kandi bakaregwa gushaka guhirika ubutegetsi, rwanzuye ko Ingabi...
Mu mpera z’Icyumweru gishize nibwo Itsinda ryakoraga iperereza ku byaha uwahoze ari umugore wa Perezida Juvénal Habyarimona witwa Agathe Kanziga ryanzuye ko rirangiye. Ryakorwaga ku byaha ashinjwa bir...
Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi rukorera mu Mujyi wa Kigali rwategetse ko sosiyete ikora umuziki yitwa Evolve Music Group Ltd yishyura umuhanzi Gabiro Girishyaka Gilbert bita Gabiro Guitar Frw 900,000 ny...
Dr. Pierre Damien Habumuremyi yashimiye Perezida Kagame waraye umugize umwe mu bagize Akanama Ngishwanama k’Inararibonye z’igihugu, amushimira ko yongeye kumuha amahirwe. Kuri X yanditse ati: “Bivuye ...









