Perezida Paul Kagame yasabye ibyamamare kubaha Ikinyarwanda bikakivuga mu kibonezamvugo cyacyo, batakishe kugira ngo bibe ari byo bituma abantu babumva ko ari ‘abastar’. Hari mu ijambo yagejeje ku bag...
Abakozi mu Bunyamabanga Nshingwabikorwa bw’Umuryango Unity Club bayobowe n’Umunyamabanga nshingwabikorwa wa Unity Club Régine Iyamuremye baraye basuye ibikorwa by’umushinga “ISANO ISHAMITSE UBUK...
Inzobere mu kuvura indwara z’abagore Dr. Subira Manzi uvura mu bitaro byitiriwe Umwami Faïsal yahaye abanyamuryango ba Unity Club ikiganiro ku buryo bwo kwita ku buzima mu gihe cyo gucura ibi bizwi nk...
Umuyobozi muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe Abanyarwanda baba mu mahanga witwa Sandrine Maziyateke avuga ko hari umubare w’urubyiruko rw’u Rwanda rutiyumvamo kuba Abanyarwanda ahubwo rwiy...
Abagize ihuriro ry’abahoze ari abayobozi mu nzego za Leta n’abakiri bo baraye bahuriye mu Intare Arena barasabana, baganira ku ngingo zireba ubumwe bw’Abanyarwanda. Dr. Valentine Uwamariya uri mu Bako...
Muri byinshi bikubiye mu ijambo Perezida Paul Kagame yaraye agejeje ku banyamuryango ba Unity Club Intwararumuri bari bitabiriye Ihuriro rya 15 ry’uyu muryango, yagaye cyane Umudepite w’Umunyarwanda...
Senateri Me Evode Uwizeyimana ubwo yasabwaga kuvuga niba abona nta mico y’inzaduka igaragara mu bayobozi nk’uko biri muri benshi mu rubyiruko yavuze ko hari ikintu amaze kubona kandi gishingiye no ku ...
Mu Mujyi wa Kigali hari kubera amahugurwa yagenewe abarinzi b’igihango, agamije kubongerera ubumenyi mu kuyobora ibiganiro kuri gahunda ya Ndi Umunyarwanda. Yatangijwe na Madamu Séraphine Mukantabana ...
Mu gihe hasigaye amasaha make ngo Perezida Museveni arahirire kungera kuyobora Uganda kuri Manda ya gatandatu, umuhango uzaba kuri uyu wa Gatatu tariki 12, Gicurasi, 2021, Ibiro by’Ishyaka rw’uwo bar...








