Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, ishami ry’u Rwanda UNHCR-Rwanda, ryatangaje ko mu mwaka wa 2-23 impunzi 7,826 zabaga mu Rwanda zabonye ibihugu bizakira. Ibyo ni Leta zunze Ubumwe za A...
Bikubiye mu biganiro Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe yaraye agiranye na Ambasaderi wa Denmark mu Rwanda Madamu S...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo aherutse gutangaza muri The Sun ko raporo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi ryahaye Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza rwashingiweho mu ...
Ubuyobozi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi n’ishami ryawo ryita ku biribwa( WFP) bwamenyesheje Guverinoma y’u Rwanda ko hari inkunga zahabwaga impunzi ziba mu Rwanda zigiye guhagarik...
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wahaye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) inkunga ya miliyoni € 1.5 – ni ukuvuga agera muri miliyari 1.7 Frw – yo gufasha impunzi z’Abarundi mu...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yakiriye icyiciro cya gatandatu cy’impunzi n’abashaka ubuhungiro baturutse muri Libya, bijyanye n’intego rwihaye yo kubakira by’agateganyo mu gihe hagishakwa ibihugu...
Inkuru ya Tahani (izina rye ryahinduwe ku bw’umutekano), ni imwe mu zigaragaza ubuzima bushaririye abashakisha ubuhungiro bari baraheze muri Libya nyuma bakaza kwakira mu Rwanda, baciyemo. Ubwo u Rwan...
Urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina, Nsabimana Callixte ‘Sankara’ n’abandi bose hamwe uko ari 21 rwakomeje kuri uyu wa Gatanu, biregura ku byaha bashinjwa. Benshi bemera uruhare rwabo ndetse bagasaba...
Bwana Filippo Grandi uyobora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi ejo tariki 29, Mata, 2021 yarangije urugendo rw’iminsi ibiri yagiriraga mu Burundi. Yishimiye ko impunzi z’Abarundi zari ...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR), Filippo Grandi, umaze iminsi mu ruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda. Grandi yagiranye ibig...









