Assistant Commissioner of Police ( ACP) Ferry Bahizi Rutagerura wari usanzwe uyobora Abapolisi ku rwego rw’Umujyi wa Kigali yatsindiye kuyobora ishami rishinzwe ibikorwa mu bapolisi b’Umuryango w’Abib...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zabwiye ubuyobozi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ko imyigaragambyo irimo n’urugomo rukorerwa abasirikare ba MONUSCO ruhagarara bigitangazwa. Kuri uyu wa Kane ubwo ib...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere n’imibereho myiza y’abaturage ryatangaje ko hasigaye amezi ane kugira ngo abatuye isi bagere kuri Miliyari 8. Ni imibare yerekana ko muri iki gihe...
Fodé Ndiaye wari uhagarariye UN mu Rwanda akaba asanzwe ari umuhanga mu by’ubuhinzi yaraye asezeye kuri Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuko yarangije ikivi cye mu Rwanda. Ndiaye yatangiye guhagara...
Imiryango 15 itari iya Leta kuri uyu wa Gatatu taliki 18, Gicurasi, 2022 yandikiye Umuryango w’Abibumbye iwusaba gukoma mu nkokora ibiri kubera muri Ethiopia ifata nk’ibimenyetso bikomeye bibanziriza ...
Nyuma y’uko hari aherutse kugenwa n’ Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres ngo ajye kuyobora ubutumwa bwa UN muri Centrafrique biswe MINUSCA, Ambasaderi Valentine Sendanyoye Ru...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zabwiye Umuryango w’Abibumbye ko zifite amakuru mpamo y’uko u Burusiya bwateguye intambara ndetse n’urutonde rw’abantu buzafunga bukabakorera iyicarubozo niburangiza kwigar...
Ihuriro ry’abagore bihurije muri Rwanda Women’s Network bashima Leta y’u Rwanda ko yashyizeho politiki zo guteza imbere umugore no kumurinda ihohoterwa ariko rikifuza ko ibikubiye mu mwanzuro wa 1325...
Umuryango w’Abibumbye urasaba za Leta kongera imbaraga mu guha abakobwa amahirwe yo kwiga siyansi n’ubumenyingiro kugira ngo bazafashe isi kwivana mu ngaruka za COVID-19 ihanganye nazo muri iki gihe. ...
Ibinyamakuru byo muri Ethiopia n’ahandi ku isi byazindutse kuri uyu wa Gatatu byandika ko ubutegetsi bwa Ethiopia bwafunze abakozi barenga 16 b’Umuryango w’Abibumbye bakoreraga muri kiriya gihugu. Umu...









