Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres yaraye agennye ko Madamu Aissa Kirabo Kacyira aba ari we uyobora uyu muryango muri Somalia. Ibiro bya UN muri Somalia babyita United Natio...
Nta mezi arindwi arashira ubuyobozi bw’inzibacyuho bwa Mali butegetse ko Olivier Salgado wari umuvugizi wa MINUSMA kubavira ku butaka. Ubu hatahiwe ushinzwe uburenganzira bwa muntu muri MINUSMA witwa ...
Christine N.Umutoni yahawe inshingano zo kuyobora amashami yose y’Umuryango w’Abibumbye akorera muri Liberia. Amazina ye yagejejwe ku Nama ya Guverinoma ya Liberia irayemeza, ubu yatangiye imirimo. Ya...
Perezida Samia Suluhu Hassan yirukanye Ambasaderi w’igihugu cye mu Muryango w’Abibumbye witwa Prof Kennedy Gastorn kubera ruswa akekwaho. Abakurikiranira hafi ibibera muri Tanzania bavuga ko ibyo Sul...
Barbara Manzi wari uhagarariye Umuryango w’Abibumbye muri Burkina Faso yasabwe kuva muri iki gihugu mu gito gishoboka. Amakuru avuga ko yari afitanye imikoranire ya rwihishwa n’imwe mu mitwe irwanya u...
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof Jeannette Bayisenge avuga ko iyo umugore afite amafaranga, akagira icyo azana mu rugo birugirira akamaro. Ngo bituma abarugize bagira imibereho...
Mu ijambo yavugiye mu muhango wo kwizihiza imyaka 60 u Rwanda rumaze mu Muryango w’Abibumbye, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta avuga ko umubano w’impande zombi waranzwe n...
U Rwanda ruri hafi kwizihiza imyaka 60 rumaze ari kimwe mu bihugu bigize Umuryango w’Abibumbye, UN. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda itangaza ko muri iki gihe umubano w’impande zombi...
Georges Nzongola-Ntalaja uhagarariye Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Muryango w’Abibumbye aherutse kuvuga ko u Rwanda rushimuta ingagi z’iki gihugu. Yabivugiye mu biganiro biherutse guhuza abayob...
Perezida Paul Kagame yaraye abwiye isi ko ibibazo biri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bishobora gukemuka binyuze mu bushake n’ubufatanye bw’ibihugu birebwa nabyo. Yakomoje no ku miterere y’ibi...








