Intumwa idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe kugenzura ubukene n’uburenganzira bwa muntu witwa Olivier De Schutter ari mu Rwanda mu nshingano zo kugenzura uko ubukene buhagaze mu baturage. Ku ru...
Anthony Ngororano yagizwe Umuyobozi w’Amashami y’Umuryango w’Abibumbye (UN) muri Madagascar. Ngororano, mu bihe bitandukanye n’ahantu hatandukanye, yakoze byinshi mu nzego zo hejuru haba mu Rwanda no ...
Banki y’isi yarangije koherereza Repubulika ya Demukarasi ya Congo inkingo z’indwara y’ubushita bw’inkende imaze kwandura abantu bagera ku 18,000 abagera mu magana bakahagwa. Abantu 15,000 bo mu Ntara...
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Einat Weiss yavuze ko igihugu cye gishima ko Komisiyo ya UN ku byaha byakorewe mu bitero Hamas yateye muri Israel taliki 07, Ukwakira, 2023, yakoreyemo ibyaha birimo no ...
Abigaragambya i Kinshasa batwitse imodoka ya UN kandi babwira abakozi b’uyu muryango mabi, bagaragaza ko batabishimiye. Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru wa UN muri Congo Kinshasa, akaba anakur...
Nyuma y’uko Inteko rusange ya UN yemeje ko intambara yo muri Gaza ihagarara, uhagarariye Israel muri uyu Muryango witwa Gilad Erdan yazamuye icyapa cyanditseho nomero ya telefoni y’Umuyobozi mukuru w...
Bintu Keïta uhagarariye UN muri DRC yasinyanye amasezerano na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Christophe Lutundula akubiyemo uko ingabo za MONUSCO zigomba kuva mu...
Raporo yakozwe n’ikigo Switch On Business ivuga ko iyo urebye uko Abanyarwanda bashakisha akazi mu bigo mpuzamahanga bakoresheje murandasi, usanga abenshi buri kwezi bagasaba mu mashami atandukanye ya...
Ibi byavuzwe na Gen Abdel Fattah Burhan uyoboye Sudani muri iki gihe. Ahanganye n’undi Jenerali witwa Dagalo bapfa ubutegetsi. Burhan yabwiye Inteko y’Umuryango w’Abibumbye ko akurikije uko ibintu bih...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yabwiye abitabiriye Inteko rusange ko ibyo Abanyarwanda bagezeho mu myaka 30 ishize Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye byatewe n’uko banze guheranwa n’ibyababayeho. Yavuze...









