Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavugiye i New York ko iyo u Rwanda ruvuga ko rwacyuye ingabo zarwo ziba mu gihugu cye, biba atari byo. Yabibwiye abanyamakuru baje mu ...
Perezida Emmanuel Macron yatangaje ko igihugu cye cyemeye mu buryo budasubirwaho ko Palestine ari igihugu kigenga byuzuye. Ubwo yabivugiraga mu Nteko rusange ya UN, abari aho bamuhaye amashyi y’urufay...
Ubuyobozi bukuru bw’u Rwanda bwatoye bushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka buri gihugu kikagira ubwigenge ...
Martin Ngoga uhagarariye u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye yabwiye Akanama kawo gashinzwe amahoro ku isi ko ibibera mu Burasirazuba bwa DRC birugiraho ingaruka mu buryo bw’umutekano n’ubw’imibereho myi...
Ibyari bimaze iminsi bivugwa ko bizakorwa na Netanyahu bigiye kuba impamo nyuma y’uko Inama yaguye y’Umutekano y’igihugu cye yaraye ayoboye yemeje ko ingabo za Israel zigiye gufata Gaza yose. Kugeza u...
Ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye i New York kuri uyu wa Mbere Tariki 28, Nyakanga, harabera Inama ikomeye ihuza Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga iri butegurirwemo umushi...
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye Martin Ngoga yawubwiye ko u Rwanda rukwiye kuba ari rwo rubika inyandiko zose zirebana n’imanza zabakoreye Abatutsi Jenoside baburanishijwe n’icyahoze ari...
Perezida wa DRC Félix Antoine Tshisekedi yavuze ko igihugu cye gikwiye kwemererwa kujya mu Kanama Ka UN gashinzwe amahoro ku isi kuko ari igihugu gifite ijambo muri Afurika. Arashaka ko igihugu cye ki...
Ngoga Martin wari usanzwe uhagarariye u Rwanda muri Kenya yoherejwe mu Muryango w’Abibumbye guhagararira yo inyungu z’u Rwanda. Yasimbuye Ernest Rwamucyo wahise umusimbura muri izo nshinga...
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ivuga ko yasinyanye amasezerano n’Umuryango w’Abibumbye afite agaciro ka Miliyari $1 azashorwa mu bikorwa byo kubaka ubukungu budaheza mu gihe cy’imyaka itanu igize N...









