Leta zunze ubumwe z’Amerika cyane cyane imwe muri 50 ziyigize yitwa Texas iri mu gahinda nyuma yo gupfusha abantu 81 abandi 41 bakaba baraburiwe irengero kubera umwuzure uherutse kwibasira iyi ntara i...
Imvura yaguye mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatumye uruzi rwa Ndjili rwuzura, amazi arasembera ku buryo yabujije abo ku ruhande rumwe kwambuka bajya ku rundi. Abo yasanze hakury...
Imibare itangwa na Guverinoma ya Espagne ivuga ko imyuzure imaze iminsi muri iki gihugu yahitanye abantu 95 kandi ko uyu mubare ushobora kwiyongera. Ishobora kwiyongera kuko hari abantu bantu baburiwe...
Ubuyobozi mu Buyapani bwasabye abaturage kwirinda kwegera cyane inkombe z’inyanja kuko hari ubwoba bw’umutingo ufite igipimo cya Ritchter cya 6.9 ushobora kuza gukurikirwa n’umwuzure uturuka mu Nyanja...
Imiryango myinshi muri Leta ya Dubai yasabwe kuzinga utwangushye igahunga imyuzure ikomeye yibasiye ibice byinshi by’iyi Leta imwe mu zindi zigize Leta ziyunze z’Abarabu. Amafoto yafashwe n’ibyogajuru...
Mu rwego rwo kurinda ko amazi y’umugezi wa Sebeya azongera gusenyera abaturage nk’uko byagenze muri Gicurasi, 2023, ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu n’abafatanyabikorwa bako bugiye kubaka inkuta n’ibira...
Mu gace ka Lagdo muri Nigeria ariko haturanye na Cameron hari inkuru mbi y’abantu barenga 600 bamaze kubarurwa ko bapfuye bazize amazi menshi yatewe n’umwuzure wakuriwe n’imvura ihamaze iminsi ndetse ...
Imvura imaze iminsi igwa mu bice byinshi bya Niger yateye imyuzure imaze guhitana abantu 83. Aba bantu babaruwe muri Komini 538 zibasiwe nawo. Intara ebyiri nizo zimaze kubarurwa ko zibasiwe n’iki kiz...
Amarira ni menshi mu baturage ba Pakistan kubera kubura ababo 900 bishwe n’imyuzure yatewe n’imvura idasanzwe yakoye mu bice bitandukanye by’iki gihugu gituranye n’u Buhinde. Ikigo cya Pakistan gishi...








