Dr. Bernadette Arakwiye uyobora Minisiteri y’ibidukikije avuga ko hamwe muho u Rwanda rushora ari mu gusukura ikirere cyarwo kugira ngo abarutuye bahumeke umwuka usukuye. Yabwiye abaje kwifatanya n’am...
Iyo umuntu asinziriye akora byinshi. Bamwe baravuga mu gihe abandi bahaguruka bakendagenda. Uko bimeze kose, abantu bose bahuriye ku kintu kimwe bose bakora iyo basinziriye ari cyo ‘guhumeka.’ Umuntu ...
I Kigali hateraniye inama yahuje abayobozi mu by’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda n’aba Uganda. Imwe mu ngingo zikomeye ziri bwigweho, ni ukurebera hamwe aho ishyirwa mu bikorwa ry’ibyanzuriwe mu nama ...
Ikigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije (REMA) cyagaragaje ko nyuma y’ubugenzuzi cyakoze ku mwuka wo mu karere ka Rubavu cyasanze atari mwiza, nubwo ntaho bihuriye n’Ikirunga cya Nyiragingo cyat...
N’ubwo Nyabihu ari kamwe mu turere dufite abaturage bakennye kurusha abandi mu Rwanda ukurikije ubushakashatsi buherutse gutangazwa n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare( NISR), muri iki gihe kari ku...



