Ni ibyagarutsweho n’abagize Inteko zishinga amategeko z’ibihugu by’Afurika y’i Burasirazuba bateraniye i Kigali mu nama izamara iminsi itatu. Basabye za Guverinoma kongerera ubuhinzi ingengo y’imari k...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 07, Ukwakira, 2022 Minisiteri y’imari n’igenamigambi yasinyanye n’Ikigega mpuzamahanga cy’imari amasezerano y’inguzanyo ya Miliyoni $ 310 azafasha u Rwanda kubaka ubukungu b...
N’ubwo Kenya iri mu bihugu bitanu bya mbere bikize muri Afurika, ifitiye amahanga n’ibigo mpuzamahanga by’imari imyenda bamwe bavuga ko ishobora gutuma ubukungu bw’igihugu buzahara cyane. The Star yo ...
Isesengura rya Christophe Rigaud, umwanditsi mukuru w’ikinyamakuru Afrikarabia, rivuga ko ibimaze iminsi bibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo byerekana ko ibyo Perezida Tshis...
Guverinoma y’u Rwanda ifatanyije n’Ikigega OPEC kigamije iterambere mpuzamahanga yaraye ishinye amasezerano yemerera u Rwanda umwenda wa Miliyoni $ 18 ni ukuvuga Miliyari Frw 18 azashyirwa mu kwagura ...
Abakozi b’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, bahawe umwenda uzajya ubaranga mu kazi. Ku rundi ruhande ariko, hari abandi bazajya batayambara ariko bakereka uwo bagiye gukorana ikarita ibaranga....
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yabashije gukusanya miliyoni $620 binyuze mu gushyira ku isoko impapuro mpeshwamwenda mpuzamahanga (Eurobond), zizishyurwa mu gihe cy’imyaka 10. Minisiteri y’Imari n...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Édouard Bamporiki, yahakanye ibyamuvuzweho ko yambuye umukozi muri ‘hotel ye’ , avuga ko we adacuruza. Kuri uyu wa M...
Kubera umwenda uremereye cyane bifitiye u Bushinwa, ibihugu bimwe by’Afurika byatanze umutungo wabyo kamere ho ingwate ngo u Bushinwa buzawiyishyure. Aka wa mugani w’Abanyarwanda ngo’ Ukena ufite itun...
Perezida Kagame yagaragaje ko ashyigikiye ko igihe cyo gusubika kwishyura amadeni ku bihugu biri mu nzira y’amajyambere cyongererwa kugira ngo birusheho guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19. N...









