Uwo ni Hakizimana Innocent wigisha mu Karere ka Nyabihu. Yabwiye itangazamakuru ko nyuma yo gutangariza kuri X ko aziyamamariza kuba Umukuru w’u Rwanda mu matora ari mu Mpeshyi ya 2024, ubuyobozi bw’a...
Mu gitondo cya kare kuri uyu wa Kabiri taliki 11, Mata, 2023 inzego z’umutekano zarashe uwitwa Albert Dusabe wari ushatse kwambura umupolisi imbunda. Yari aherutse kwiyemerera ko ari we wishe Dr. Ma...

