Urukiko rwa Afurika rushinzwe uburenganzira bwa muntu rwanzuye ko ibyo u Rwanda rwari rwaratanze nk’impamvu rudakwiye kwakira no kuburanisha ibirego DRC irurega, zidafite ishingisho. Hashize igihe DRC...
Hazaba ari kuwa Kane Tariki 26, Kamena, 2025 ubwo u Rwanda ruzumva umwanzuro w’Urukiko Nyafurika rushinzwe uburenganzira bw’abantu ku ngingo yerekeye ibyo rwasabye by’uko uru rukiko rwates...
Ibiro by’Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye bivuga ko byishimiye icyemezo cy’Akanama kawo gashinzwe amahoro ku isi cy’uko uyu Muryango ugiye kujya utera inkunga ibikorwa by’Umuryango w’Afuri...
Taarifa yamenye ko isomwa ry’urubanza rwa Edouard Bamporiki ryasubitswe kubera ko ubwanditsi bw’urukiko rukuru rwajuririwe butararangiza kwandika umwanzuro warwo. Byari biteganyijwe ko ari busomerwe k...
Ihuriro ry’abagore bihurije muri Rwanda Women’s Network bashima Leta y’u Rwanda ko yashyizeho politiki zo guteza imbere umugore no kumurinda ihohoterwa ariko rikifuza ko ibikubiye mu mwanzuro wa 1325...
Kuri uyu wa Gatanu, nibwo Urukiko ruri butangaze umwanzuro warwo ku mbogamizi Paul Rusesabagina aherutse kuruha avuga ko atari Umunyarwanda, bityo ko adakwiye kuburanishwa n’Inkiko z’u Rwanda. U...
Saa munani z’amanywa(2h00pm) nibwo Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rutangaza niba rwasanze ubusabe bw’ubwunganizi bw’uko rudafite ubushobozi bwo kuburanisha urubanza Alfred Nkubiri aregwamo uruhare mu ...






