Umunyakenya uzwi cyane ku isi mu kwandika ibitabo ukomoka muri Kenya Ngũgĩ wa Thiong’o yapfuye. Yari afite imyaka 87 nkuko byemejwe n’umuryango we akaba yazize uburwayi. Kimwe mu bitabo bizwi yanditse...
Modeste Muhire yabwiye itangazamakuru ko ubwo yageraga mu Rwanda ahungutse, ari bwo yumvise agaruye ubuzima kuko mu nkambi yabagamo muri Tanzania hamwe n’abandi Banyarwanda ubuzima bwasaga n’ubucakar...
I Paris no mu yindi mijyi y’u Bufaransa, hari abisilamu bafitiye umujinya umwanditsi witwa Michel Houellebecq bamushinja kuvuga ko batari Abafaransa nk’abandi kandi ko baramutse bagize ubutegetsi mu g...
Umwongereza Sir Salman Rushdie yatewe icyuma n’umugabo wo muri Iran wari uri mu bari bamuteze amatwi ubwo yatangaga ikiganiro. Abari baje kumva kiriya kiganiro bahise bamuta muri yombi bamushyikiriza ...
Mu gitabo aherutse kwandika umwanditsi w’Umunyamerika ufite inkomoko muri Israel witwa Israel W.Charny yavuze ko bibabaje kuba Turikiya yarashyize igitutu kuri Israel bigatuma itemera ko habayeho Jeno...




