Uwo mwana yitwa Gani Decklan Ngamije hakaba hari hashize amasaha 15 bamushakisha nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye ifoto ye atabarizwa. Amakuru avuga ko uyu mwana yabuze ubwo yari y...
Mu Murenge wa Rwimbogo mu Karere ka Rusizi haravugwa inkuru y’inkuba yakubise abantu batandatu bo mu muryango umwe, umwana wabo w’imyaka 15 akahasiga ubuzima. Uwo mwana yitwaga Mukamahirwe Josélyne ak...
Mu Murenge wa Rubona mu Karere ka Rwamagana haravugwa umusore w’imyaka 30 uvugwaho kwica Nyina amutemye. Uyu mubyeyi yitwaga Nyirambonabucya Eshter yari atuye mu Kagari ka Nawe mu Mudugudu wa Cyiri. C...
Inzego z’Umudugudu wa Kigina, Akagari ka Marembo, Umurenge wa Ngamba mu Karere ka Kamonyi, zivuga ko Kwizera Théoneste yatashye mu rugo saa mbiri zijoro(20h00) asanga bagiye kuryama, Se Ntigurir...
Umugabo wo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare ku Cyumweru taliki 04, Gashyantare, 2024 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana we w’umukobwa w’imyaka itatu. Abaturage babwiye itangaza...
Umugore w’i Nyanza wabyaye abana batatu basanga abandi batatu yari afite none arasaba ubufasha abagiraneza n’ubuyobozi ngo ashobore kubitaho. Claudine Nikuzimana wabyaye impanga eshatu z’abahung...
Mu Murenge wa Kabaya muri Ngororero haravugwa inkuru y’ababyaza babiri baherutse gutabwa muri yombi na RIB bakurikiranyweho gukomeretsa umwana wavukaga babonye apfuye baratoroka. Byabereye mu bitaro b...
Mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Gataraga mu Kagari ka Rungu haravugwa inkuru y’ababyeyi bakurikiranyweho gukubita umwana wabo agapfa. Bivugwa ko bamukubise bamuziza guta Frw 10,000. Rwagati mu Cyu...
Mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu haravugwa inkuru mbi y’umwana w’umwaka umwe n’igice waguye mu ndobo amira nkeri, arapfa. Ni ibyago byabaye kuri uyu wa Kane taliki 04, Mutarama, 2024. Abatu...
Iradukunda Jean de Dieu ni umwana w’imyaka 10 wo mu Karere ka Gicumbi wishwe n’inkuba yaraye imukubitiye mu murima ari kumwe n’ababyeyi be bari gusarura ibishyimbo. Byabereye mu Murenge wa Rushaki, Ak...









