Guhumeka ni ikintu kikora kandi cyangombwa kugira ngo usohore umwuka wanduye wa carbon winjize uwa oxygen ukenewe mu kumera neza kw’amaraso no gutuma izindi ngingo zikora zitekanye. Nihagira umuntu uk...
Umwaka wa 2024 wabereye abagabo mubi kuko wabahitanye kurusha abagore kandi abenshi bazira indwara zitandura(47.7%) mu gihe abahitanwa n’indwara zandura ari 42.9%. 9.4% rigizwe n’abicwa n’izindi mpamv...
Ugereranyije n’uko byari byifashe muri Werurwe, 2024, ibiciro byo muri uko kwezi mu mwaka wa 2025 byazamutseho 6,5% nk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, NISR. Imibare nk’iyi ibon...
Madamu Jeannette Kagame yageneye Abanyarwanda ubutumwa bwo kubibutsa ko nta kiryoha nk’umuryango utekanye kandi urangwa n’urukundo. Ubutumwa bwe bwaciye kuri X ya Imbuto Foundation, bwibanda cyane ku...
Perezida Paul Kagame yaraye ahembewe kuba Umunyafurika w’umwaka wa 2024 nyuma y’uko abamuhaye iki gihembo basuzumye bagasanga nta wundi wamuhize mu kuzamura ubukungu bw’Afurika. Iki gihembo kigenerwa ...
Umwe mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda witwa Nel Ngabo avuga ko kuva umwaka wa 2024 watangira yakoranye na bagenzi be indirimbo nziza kandi ko ibyo ari ibyo kwishimirwa. Nk’ubu aherutse gukorana na DJ Tox...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubukungu n’imibereho myiza, UN Department of Economic and Social Affairs (DESA) ryasohoye inyandiko igereranya uko ibintu byari byifashe mu mwaka wa 2023, uko...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ku mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kwishimira iminsi mikuru irangiza umwaka wa 2023, umuganda w’impera z’umwaka wa 2023 utakibaye. Umuganda w’impera z’Uk...
Mizero Ncuti Gatwa yahawe igihembo mu byatanzwe bya ‘GQ Men of the Year 2023’ byatangiwe mu Bwongereza bihabwa ibyamamare mu nzego zitandukanye z’imyidagaduro. Taliki 15, Ugushyingo, 2023 nibwo yagihe...
Imibare itangwa na Polisi ya Uganda ivuga ko abantu icyenda ari bo baguye mu muvundo wabereye mu nzu y’imyidagaduro yitwa Freedom City Mall mu Murwa mukuru Kampala. Umusangiza w’amagambo( MC) yabwiye...









