Eddy Kenzo afite imyaka 33 y’amavuko akaba umwe mu bahanzi bo muri Uganda bakunzwe kandi kuva mu myaka myinshi ishize. Ubu ari ku rutonde rw’ibyamamare bikomeye ku isi bizahatanira ibihembo biri mu bi...
Umuhanzi Mico The Best aravugwaho kwanga gusinya amasezerano mashya n’inzu ifasha abahanzi yitwa KIKAC Music. We asubiza ko akibitekerezaho. KIKAC Music iri mu zikomeye mu Rwanda muri iki gihe. Yanyu...
Umuhanzi ukomoka muri Jamaica witwa Collin Demar Edwards wamenyekanye nka Demarco yaraye i Kigali mu rwego rwo kuruhuka kugira ngo azahakorere igitaramo kimeze neza. Giteganyijwe taliki 28, Mutarama, ...
Abahanzi nyarwanda muri rusange bishimiye ko umusaza Abdul Makanyaga yavuye mu bitaro. Jane Uwimana uri mu bamubaye hafi yabwiye Taarifa ko bateganya kuzakoresha igitaramo cyo kwishimira imyaka 50 Mak...
Umuhanzi wo muri Tanzania, Harmonize yaarye ageze i Kigali. Bivugwa ko aje kwitemberera kuko nta gitaramo yatangaje. Akigera ku kibuga cy’indege cya Kigali yakiriwe na mugenzi we ukunzwe mu Rwanda ku...
Izina rye ry’akazi ni Selekta Kuno, ariko asanzwe yitwa Anaclet Rukundo. Ni umusore uvanga umuziki, abazwi ku izina rya DJ (disc jockey). Avuga ko imwe mu mbogamizi ahurira nayo mu kazi ari uko hari u...
Jane Uwimana umwe mu bari gukurikiranira hafi ubuzima bw’umuhanzi w’umukambwe Abdul Makanyaga avuga ko uyu mugabo ari gutora akabaraga. Mu masaha make ashize hari urubuga nkoranyambaga rwari rwamubit...
Ibitaramo abahanzi b’Abanyarwanda bamaze iminsi bakorera mu Burundi byatumye hari hamwe mu bahanzi bo muri kiriya gihugu batangira kubyinubira. Bavuga ko umuziki w’u Rwanda watwaye Abarundi benshi k’u...
Abahanzi nyarwanda Davis D na Juno Kizigenza bageze ikirenge mu cya bagenzi babo b’Abanyarwanda bamaze iminsi bataramira abaturanyi b’Abarundi. Bahakoreye igitaramo cy’amateka cyiswe ‘Party People’, g...
Taliki 17, Ukuboza, 2022 nibwo hazibukwa ku nshuro ya mbere mu buryo bw’imbonankubone ubuzima bwa DJ w’umuhanga kandi w’umunyarugwiro witwaga DJ Miller. Yatabarutse muri Mata, 2020. Igitaramo cyo kumw...









