Kayirebwa yaraye ashimiwe ko ari umuhanzi wagize uruhare rugaragara mu kuzamura umuziki nyarwanda. Yabyambikiwe ikamba n’abakunzi b’umuziki nyarwanda wa gakondo. Muri iki gihe Cécile Kayirebwa afite i...
Amazina ye asanzwe ni Sonia Kayitesi, akaba ari umukobwa uvanga imiziki, DJ, uri mu bakomeye mu Rwanda ari muri Ghana mu irushanwa ryo gushaka DJ mwiza muri Afurika. Iki gihembo bakita ‘Youth Excelle...
Gwladys Watrin niwe yagizwe Umuyobozi wa Trace Academia na Trace Rwanda, iri rikaba ishami rishya ry’Ikigo Trace Group rishinzwe iterambere ry’ibikorwa by’iki kigo by’umwihariko urwego rw’ubuhanzi m...
Umuhanzi Ruhumuriza James wamenyekanye nka King James yatangaje ko agiye gufasha uwitwa Manick Yani ngo azamure urwego rw’umuziki akora. Uyu muhanzi yabwiye itangazamakuru ko yatangiye umuziki m...
Ubwo ubuyobozi bwa RDB n’’ikigo mpuzamahanga gikora indirimbo zica kuri televiziyo mpuzamahanga ya Trace batangazaga abahanzi batatu batoranyijwe ko bakomeza guhatana na bagenzi babo bo muri Afurika, ...
Umuhanzi w’umunya Côte d’Ivoire Alpha Blondy wamamaye ku isi mu njyana ya Reggae yabwiye TV 5 Monde ko ibibazo Afurika ifite ahanini byakuriwe n’Abanyaburayi, by’umwihariko Abafaransa. Blondy abivuze ...
Itsinda Genesis Iri tsinda ryinjije miliyoni $ 230. Ni amafaranga yabaruwe nyuma y’uko ikigo basinyanye imikoranire ngo kibatunganyirize umuziki kitwa Concord Music Group gikuyemo ayacyo. Abagize iri...
Emerance Bwiza umwe mu bakobwa bahagaze neza mu muziki w’u Rwanda, yatangarije kuri Twitter ko agiye kugarura mu muziki umugore wamamaye cyane mu muziki guhera mu mwaka wa 2008 kuzamura witwa Miss Joj...
Ubuyobozi bw’ikigo gikora ubucuruzi bushingiye ku muziki cyamamaye ku isi ku izina rya Trace Africa cyatangaje ko kiyemeje gukorana n’abahanzi b’Abanyarwanda kugira ngo kizamure ijwi ryabo. Byatangari...
Knows abaze kwegukana ibihembo 32 byitwa Grammy Awads. Niwe ufite byinshi kurusha abandi bose babihataniye kuva byatangira gutangwa. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere taliki 06, Gashyantare, 2023 nibw...









