Amakuru avuga ko umuyobozi wa Hamas witwa Ismail Haniyeh ashaka ko haba ibiganiro na Israel ariko uruhande rwa Israel rwo ntacyo rurabivugaho. Bimwe mu byamenyekanye biri mu biri kuganirwaho ni uko Ha...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha( Rtd) Col Jeannot Ruhunga aherutse kuvuga ko burya aho gufungwa mu mibyizi rwagati nko ku wa Kabiri, ku bw’amaburakindi umuntu yafungwa ...
Kuba umuyobozi birigwa nk’uko andi masomo yigwa. Icyakora hari abantu bahabwa ubuyobozi bidatewe ahanini ni uko bize Administration Publique ahubwo bitewe n’imyitwarire yihariye bagaragariza mu ruhame...
Umuvugizi wa RIB, Dr. Thierry B. Murangira yabwiye Taarifa ko kuba Prof Jean Bosco Harerimana yafashwe bidashingiye k’ukuba yaranze kwitaba Komisiyo y’Abadepite y’ubukungu, PAC, ahubwo ari uko RIB ya...
Umwe mu myanzuro iri mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yaraye iyobowe na Perezida Paul Kagame ni uko Ange Kagame( umukobwa wa Perezida Kagame) yagizwe Umuyobozi nshingwabikorwa wungirije muri Perezi...
Mu bubasha ahabwa n’amategeko, Perezida Paul Kagame yazamuye ipeti ry’Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda riva kuri DCG ahabwa irya Commissioner General of Police( CGP). CG Felix Namuhoranye yabaye ...
Minisitiri w’umutekano muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Peter Kazadi yamenyesheje Commissaire Blaise Kilimbalimba ko guhera kuri uyu wa Kabiri taliki 18, Nyakanga, 2023 ari muyobozi wa Pol...
Ikigo cy’ubwishingizi, SONARWA Life Assurance Company Ltd, cyahawe umuyobozi mushya witwa Dianah Mukundwa. Asanzwe ari umuhanga mu micungire y’imari n’amabanki. Itangazo riha uyu mugore izi nshingano ...
Padiri Charles Hategekimana uyobora ikigo cy’amashuri cya Groupe Scolaire Officiel de Butare avuga ko imikoranire y’ikigo cye n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini no kugenzura imyigishirize, NESA, a...
Abaturage bo mu Kagari ka Rega mu Murenge wa Bigogwe, Akarere ka Nyabihu bavuga ko bugarijwe n’ikidendezi kidasiba kwaguka kandi kibasenyera inzu, kikarengera n’imyaka bari bitezeho umusaruro. Urwego ...









