Ubwo umwe mu bapasiteri ukomeye kandi uririmbira Imana witwa Mike Kalambayi yakoreshaga igitaramo abantu bakuzura umwuka wera, baje gukandagirana hapfamo barindwi. Radio na Televiziyo bya Repubulika y...
Muri Leta ya Uttar Pradesh mu Buhinde habereye umuvundo w’abantu bari baje gusenga barakandagirana hapfa abagera kuri 50. Hari ubwoba ko uyu mubare waza kwiyongera kuko hari n’abavuga ko h...
Mu gihugu cya El Salvador habereye umuvundo wabereye kuri imwe muri stade z’aho zikomeye, ugwamo abantu 12, abandi bataramenyekana umubare barakomereka. Ni nyuma y’umukino wa ¼ wahuje ikipe yitwa Alia...
Imibare itangwa na Polisi ya Uganda ivuga ko abantu icyenda ari bo baguye mu muvundo wabereye mu nzu y’imyidagaduro yitwa Freedom City Mall mu Murwa mukuru Kampala. Umusangiza w’amagambo( MC) yabwiye...



