Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yaraye avugiye kuri Televiziyo y’igihugu ko niba Abanyarwanda bashaka gukomeza kwidagadura no kwishimira ko hari ingamba za...
Abatuye Umudugudu wa Kabusunzu, Akagari ka Pera, Umurenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi baherutse kwereka Polisi inzu abasore babiri bakoreragamo impushya zo gutwara ibinyabiziga. Yaragiye ihasanga ...
Umukobwa w’imyaka 25 y’amavuko wo mu Karere ka Rubavu aherutse gufatirwa mu Murenge wa Kanzenze atwaye udupfunyika 500 tw’urumogi mu mufuka w’ibirayi aruzanye i Kigali. Yafashwe ategereje imodoka itwa...
Ku Kabiri tariki ya 06 Nyakanga, 2021 abagore babiri bafite hagati y’imyaka 21 na 24 bafatiwe mu Murenge wa Huye Akarere ka Huye nyuma y’igihe bahisha inzego z’umutekano nyuma yo gusindisha umugabo ba...
Kuri uyu wa 04, Mata, 2021 ni umunsi Abakirisitu bibuka izuka rya Yesu/Yezu Kristu uzwi ku izina rya Pasika. Kubera ko uba ari umunsi mukuru, abantu benshi barishimisha kandi muri iki gihe bakaba bash...
Ubwo yagiraga icyo avuga ko gikorwa cyo gushaka no gufata ibiribwa n’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yavuze ko biriya bicuruzwa bisanze hirya no hino. Ib...
Mu karere ka Nyagatare haherutse gufatirwa umuturage witwa Phocus Nkurikiyingoma ukurikiranyweho gushinga uruganda rukora inzoga itujuje ubuziranenge yise Umuneza. Litiro 1400 bamusanganye barazimenny...






