Abantu batandatu bari bagiye mu birori bya Noheli ahitwa Kapaburuuli bakoze impanuka irabahitana. Bari bageze ahitwa Nakasongola mu muhanda ugana i Kampala mu Mujyi. The Monitor yanditse ko iyo mpanuk...
Polisi iherutse kugaragaza abantu yafashe batwaye ibinyabiziga byakuwemo cyangwa byagabanyirijwe imbaraga z’utwuma turinganiza umuvuduko. Ni igikorwa ivuga ko ari kibi kuko gishyira mu kaga ubuzima bw...
Senateri Me Evode Uwizeyimana asaba Polisi kudahisha mu masaka, mu mateke no mu bihuru cameras zifotora ibinyabiziga bikoresha moteri byiruka ku muvuduko muremure. Asaba kandi ko hagati y’icyapa cyeme...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi, RTDA, cyatangiye gushyira ku mihanda migari ibyapa biburira abantu ko bakwiye kugenda gahoro kuko imbere hari camera bise Sofia iri bubandikire nibarenza umuvudu...
Saa munani n’iminota 40 z’amanywa yo kuri uyu wa Kane Taliki 12, Mutarama, 2023, imodoka ifite pulake CGO 9428AC22 yatobotse ipine ita umuhanda igonga umugabo witwa Niyonzima Emmanuel w’imyaka 35 y’am...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu ahitwa Adebe ugana Kampala –Gulu habereye impanuka yahitanye abantu 16. Ni imibare yatangajwe na Polisi ya Uganda. Imodoka ya bisi ifite nomero UAT 259P y’’ikigo Rob...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yaburiye abinubira ko kamera (camera) zifata abarengeje umuvuduko zabaye nyinshi ku mihanda, avuga ko hakiri kare cyane kuko hazakomeza gushyirwaho ...
Mu murwa mukuru w’u Bushinwa,( Beijing, Pékin) haraye hatashywe gari ya moshi ya mbere ku isi ikoresha ikoranabuhanga rya murandasi y’igisekuru cya gatanu, iyi ikaba ariyo yihuta kurusha izindi zakore...
Nyuma y’urupfu rwa Dr. Isaïe Mushimiyimana wigishaga muri Kaminuza y’u Rwanda Ishami ry’ubuhinzi n’ubworozi riri i Busogo, Ubugenzacyaha bwabwiye Taarifa ko iperereza ry’ibanze ryerekanye ko yar...







