Repubulika ya Demukarasi ya Congo ntisiba kuvukamo imitwe y’inyeshyamba ifite amazina atangaje kandi ikorera abaturage ibya mfura mbi. Ubu hadutse uwitwa Zaïre, uvugwaho kwica abantu ukoresheje imihor...
Inyoni zifitiye abantu akamaro kanini haba mu kubarinda binyuze mu kurya inigwahabiri zirimo imibu, amasazi, amajeri n’utundi dukoko dushobora kubanduza indwara. Hejuru y’ibi, hiyongeraho ko n’i...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC cyahawe moto 39 zo kugeza ku bigo nderabuzima n’ibitaro byo hirya no hino mu Turere dutanu kugira ngo zizafashe abajyanama b’ubuzima kugera ku...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa, Rwanda FDA, cyakuye ku isoko imiti harimo ufite numero A4042 witwa EFFERARGAN VITAMIC C 500mg/200mg (“comprimé efferverscent), uz...
Abaturage bo mu Karere ka Gicumbi n’abo mu Murenge wa Kageyo by’umwihariko babwiwe ko guha agaciro umuntu ufite uburwayi bwo mu mutwe bibworoshya, bukaba bwanakira. Ni ubutumwa bahawe na Karangwa Fran...
Umukuru w’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda Paul Kagame yaraye yemeje ko izi ngabo zigira umutwe wihariye ushinzwe ubuvuzi. Yahise ashyiraho n’ubuyobozi bukuru bwawo buyobowe na ...
General Mohamed Hamdan Dagalo uyobora Umutwe w’abarwanyi Rapid Support Force, RSF, urwana n’ubutegetsi bwa Sudani yageze mu Rwanda mu rugendo rugamije kuganira n’abayobozi barwo uko umutekano wa...
General Monwabisi Dyakopu niwe washyizweho ngo azayobore ingabo za SADC zoherejwe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ngo zihangane na M23. Aba basirikare bazava mu bihugu bitatu ari byo Tanzania, ...
Bijya gutangira hari taliki 14, Kanama, 2017 mu masaha ya kare mu gitondo ubwo ikigo Akagera Business Group cyatangarizaga kuri Twitter ko cyahaye ikigo Nile Safaris Express imodoka za bisi zo mu bwok...
Kuri X hari video nto igaragaza Corneille Nangaa ari kumwe na Bertrand Bisimwa na Gen Makenga Sultan baganira n’abandi basirikare bakuru. Yahise afata ijambo abwira abaturage bose ba Repubulika ya Dem...









