Saa mbiri z’ijoro nibwo umusore witwa Eric Murenzi wari uvuye gupagasa yahuriye n’umugizi wa nabi mu gishanga kiri ahitwa KAJEKE( kigabanya Nyakabanda na Kabeza) mu Karere ka Kicukiro amutera icyuma m...
Mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro hamaze iminsi humvikana abaturage batakaga ko hari umugabo witwa William Muhozi wari waribasiye abantu akabakubita ndetse bamwe ngo bikabaviramo urupfu ariko...
Mu kiganiro yahaye Televiziyo mpuzamahanga y’Abashinwa yitwa CGTN( China Global Television Network), Perezida Kagame yavuze ko mu ntego zose u Rwanda ruharanira kugeraho, rukora k’uburyo Umunyarwanda ...
Mu Murenge wa Kabagari, Akarere ka Ruhango hari amakuru avuga umusore bivugwa ko yicishije Nyina ifuni. Ku rundi ruhande, andi yo avuga ko Nyina yapfuye biturutse k’ukuba yaramusunitse[umusore asunika...
Umubyeyi witwa Munyazesa avuga ko kuba Minisiteri y’uburezi yatangaje ko uruhare rw’umubyeyi [rw’amafaranga] mu myigire y’umwana we ari ibyo kwishimira n’ubwo hari abazakomeza kugorwa no kubona ayo m...
Umwe mu bagabo batatu bahuye n’inzovu yarakaye, umwe agira ibyago imufatisha umutonzi, imujugunya mu kirere agarutse iramuribata. Yari umugabo w’imyaka 52 y’amavuko wo mu gace ka Laikipia muri Kenya, ...
Mu Muduguru wa Nyagacaca, Akagari ka Muhororo mu Murenge wa Kirimbi mu Karere ka Nyamasheke haravugwa amakuru y’umugabo bigaragara ko akuze ariko ugiye kwicwa n’inzara kandi abayobozi n’abaturan...
Mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umugabo wasanze hari undi mugabo uri kumusambanyiriza umugore amukubita ikibando aramwica. Uvugwaho ubu bwicanyi ni umugabo ukiri muto( ...
Gitifu( umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari) urebye niwe pfundo ry’imiyoborere yegerejwe abaturage. Kubera ko ba Mutwarasibo na ba Mudugudu ari we baha raporo akayigeza ku bamukuriye barimo na Njy...
Bivugwa ko abantu 46 basanzwe mu ikamyo barapfuye bari abimukira bari bavuye muri Mexique bagiye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ariko mu buryo budakurikije amategeko. Ikamyo bapfiriyemo yasanzwe mur...









