Urwego rw’Amerika rushinzwe ubugenzacyaha, Federal Bureau of Investigation, rwishe umugabo wari uherutse gutangaza kuri Facebook ko azica Biden. Uwishwe yitwa Craig Robertson. Yari atuye muri Leta ya ...
Amakuru avuga ko umugabo witwa Joseph Ntabanganyimana uri mu bantu Perezida Kagame yahanye imbabazi na Paul Rusesabagina na Sankara yatorotse aho yari ari kugororerwa mu kigo cya Mutobo mu Karere ka M...
Mu Kagari ka Bunyetongo, Umurenge wa Murama mu Karere ka Kayonza hari abaturage babwiye itangazamakuru ko bahaye ubuyobozi bw’Akagari kabo amafaranga ngo bubishyurire ubwisungane mu kwivuza ariko arik...
Umwe mu baturage wari uciye ahitwa mu Migina mu Karere ka Gasabo yasanze hadutse inkongi. Imodoka ya Polisi yari yaje kuzimya. Umuriro watangiriye mu nzu ziri mu gikari cy’iziherereye ku muhanda uca a...
Umwe mu bakomoka mu Karere ka Rutsiro kandi akaba akurikiranira hafi ibihabera yabwiye ubwanditsi bwa Taarifa ko na mbere y’uko Meya Triphose Murekatete n’abo bakoranaga beguzwa, hari ikibazo cy’ubucu...
Mu Karere ka Muhanga hari umugabo witwa Nyabyenda Straton w’imyaka 49 wapfuye nyuma yo kugwirwa n’igitaka cyamanuwe n’imashini ifasha abacukura amabuye y’agaciro gukora akazi kikamurengera akabura umw...
Abaturage b’ahitwa Lumakanda muri Kakamega muri Kenya badukiriye umupolisi bari basanganye inka bari barabuze, baramukubita bamugira intere. Bamukubise bamushinja ko akoresha imbaraga ahabwa n’uko ari...
Mu Murenge wa Ruli mu Karere ka Gakenke haravugwa inkuru y’umugabo witwa Habarurema waguye mu kirombe gifite metero ziri hagati ya 50 na 60 z’ubujyakuzimu. Umuhati wo kumubona n’ubu ntacyo uratanga. ...
Amakuru mashya aturuka mu Karere ka Burera avuga ko umurambo wa Sembagare Faustin wari umaze iminsi ishakishwa kubera ko wagwiriwe n’inkangu ubwo yari aryamye mu ijoro wabonetse. Hari hashize im...
Mu Murenge wa Rutunga mu Karere ka Gasabo haravugwa urupfu rw’umugabo w’imyaka 40 witwa Twagirayezu Théogène bivugwa ko yazize ikinyobwa bita ‘ubushera’. Ubushera ni ikinyobwa gikozwe mu masaha y’ama...









