Umugabo witwa Gafurafura Claver w’imyaka 47 y’amavuko yatabawe akiri muzima nyuma y’amasaha 29 yagwiriwe n’ikirombe. Mugenzi we wahuye n’ibi byago witwa Niyonsaba Eric w’imyaka 43 y’amavuk...
Mu Kagari ka Kanazi, Umurenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke habaye ibyago byatewe n’inzu yasenyutse igwira abantu bane, umwe arapfa abandi batatu barakomereka. RBA yanditse kuri X ko byaberey...
Abaturage bo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza bafashe umusore bemezaga ko ari umujura w’ihene baramukubita arapfa. Babwiye bagenzi bacu ba Radio/TV1 ko bamukubise kubera ko n’ubundi ngo iyo ag...
Mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza haravugwa inkuru y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uyu Murenge n’umukozi wa DASSO bakubise Célestin Ntirushwamaboko akamugira intere ubu uyu akaba arwariye m...
Mu Mudugudu wa Murehe, Akagari ka Gasagara mu Murenge wa Rongi muri Muhanga hatuye umugabo witwa Niyotwisunga Isaïe w’imyaka 47 y’amavuko ufite irangamuntu amaranye imyaka 18 yanditse mu mazina ya Kay...
Ubugenzacyaha bufatanyije n’inzego z’ibanze mu Karere ka Nyamasheke buri gushakisha umugabo witwa Ismael Nkurunziza nyuma yo gusanga umwobo muremure mu rugo rwe, bigakekwako ari uwo yajugunyagamo abo ...
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibyo yise ubushotoranyi bushingiye ku masasu yaturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo agakomeretsa umuturage wo mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu. It...
Emmanuel Nzarubara uvugwaho ubujura bw’intsinga yaraye arashwe arapfa. Polisi ivuga ko yarashwe ubwo yashakaga gucika. Yarasiwe mu Murenge wa Ruhashya, Akagari ka Muhororo, Umudugudu w’Agasharu mu Kar...
Abaturage baherutse gukorana na Polisi bafata abasore bakekwagaho ubujura bakoreye umuturage bamwambura frw 300,000 yari avuye kugurisha inka nyuma baramukubita bamugira intere. Ku bw’amahirwe abo baj...
Mu ijoro ryo ku wa 14, Kanama, 2023 mu rugo rwa Bonifride Nyiransangwa utuye mu Mudugudu wa Winzira, Akagari ka Tyazo mu Murenge wa Rugabano muri Karongi hagurishirijwe inka ya Girinka, bikorwa n’umug...









