Umuhinde Salman Khan ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba n’ibindi bifitanye isano wabaga mu Rwanda yoherejwe iwabo. Kuri uyu wa Gatatu, taliki 27 Ugushyingo 2024, nibwo yurijwe indege ku kibuga cy’Ind...
Mu Mudugudu wa Rebero mu Kagari ka Gako mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro haravugwa inkuru y’umusore ukekwaho kwica Se arangije yishyikiriza Ubugenzacyaha. Uwapfuye yitwa Abdul Muhire akaba y...
Mu Mudugudu wa Byemveni( Bienvenue), Akagari ka Gisanga, Umurenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango haravugwa abasore batatu Polisi iherutse gufata ibakekaho gusambanya umugore w’imyaka 58 nyuma yo kumwib...
Mu Kagari ka Gatereri, Umurenge wa Butare, Akarere ka Rusizi hari umugabo ushakishwa akekwaho gutwika hegitari ebyiri z’ishyamba rya Leta ngo aratwika ibiyorero. Ishyamba ryahiye ni irihuriweho n’Umu...
I Goma abaturage basakije umusirikare wari umuze kurasa umusivili nawe bamwambura imbunda bamutera amabuye kugeza apfuye. Byabereye ahitwa Afia Bora mu Mujyi wa Goma ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanda...
Abo mu Mudugudu wa Gitega, Akagari ka Kivumu Mu Murenge wa Musambira mu Karere ka Kamonyi baravuga ko Singirankabo Xavier w’imyaka 56 y’amavuko yaguye mu rugo rw’umukecuru w’Umupfumu yagiye kumwivuzah...
Mu murenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara haravugwa umugabo bivugwa ko yahoze muri FDLR wagerageje kwiyahuza Grenade iramupfubana ariko iramukomeretsa. Yitwa François Harindintwari akaba asanzwe atuy...
Kuri X Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ibimaze iminsi bivugwa ko hari Umunyasudani y’Epfo waburiwe irengero mu Rwanda atari byo ahubwo yari yagiye gusura mugenzi we ararayo. Iby’uko yaburiwe irengero b...
Mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo haravugwa grenade yatewe n’umugabo uvugwaho kuba umunyerondo. Yayiteye umugabo bapfaga umukobwa wicuruza. Mugenzi wacu witwa Pappy Ndahiro Valens yanditse kuri X...







