Ni ibyemezwa na Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye kandi ngo birababaje. Yagize ati: “Imibare mu Burundi yerekana ko ibyinjira mu gihugu bituzanira miliyari $1.3 ariko miliyoni $200 zikaba ari ...
Mu Murenge wa Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke haravugwa inkuru y’abasore babiri biyemerera ko bishe Nyina kuko bamusabanga umunani ntabyumve neza. Nyina yari akiri muto kuko yari afite imyaka 47 y’am...
Ubugenzacyaha bwafunze abantu barindwi barimo abakozi bane bo mu Karere ka Rulindo n’abandi batatu bahoze bahokora bakimurirwa. Kuri uyu wa Kane nibwo Ubugenzacyaha bwabafashe Abatawe muri yombi ni: A...
Mu rukiko rwisumbuye rwa Gasabo haraye humvikaniye urubanza abashumba batandatu bo mu Itorero Zion Temple barezemo mugenzi wabo Paul Gitwaza, barusaba ko rwatesha agaciro ibyo RGB yemeje byo kugumisha...
Umusore witwa Frank Musinguzi wari uherutse kubwira Perezida Kagame ko hari umusirikare ufite ipeti rya Colonel wamuriganyije hoteli, ubu arishimye kuko yasubijwe hoteli ye nk’uko amakuru atugeraho ab...
Inama y’Ubutegetsi ya Bank ya I&M Bank Plc iherutse guterana itora ku bwiganze ko Umunyarwanda Benjamin Mutimura ari we muyobozi w’iyi Banki. Azatangira imirimo ye taliki 01, Nyakanga, 2023. Mutim...
Umwanditsi mukuru mu Kigo cy’igihugu cy’iterambere witwa Richard Kayibanda avuga ko n’ubwo inzego zirwanya ko abantu bigana ibihangano mu by’ubwenge byakozwe n’abandi, ngo iki kibazo kiracyagaraga mu...
Hagiye gushira igihe ‘kinini’ hirya no hino mu Rwanda humvikana abantu bishe abandi bakoresheje inyundo, imihini, umuhoro cyangwa izindi ntwaro gakondo. Polisi y’u Rwanda yongeye gushimangira ko abako...
Ibibazo by’ubukungu bwifashe nabi ku isi byageze kuri bose ndetse no ku baherwe 25 barusha abandi bose ku isi gutunga agatubutse. Forbes ivuga ko umutungo wa bariya bagabo wose hamwe ungana na Tiriya...
Polisi ya Uganda iri mu iperereza ku musirikare w’iki gihugu uvugwaho gukorana n’umucuruzi ukomeye bakihesha umutungo usanzwe wanditswe ku mugore wapfuye. Ubivugwaho ni Lieutenant witwa Bob Semakula. ...









