Abagize Komisiyo mu Nteko y’u Rwanda ishinzwe kugenzura ikoreshwa ry’umutungo wa Leta bashima ko hari imyanzuro myinshi Kaminuza y’u Rwanda yashyize mu bikorwa mu nama yari yarahawe ubwo yagenzurwaga ...
Mu rwego rwo kubafasha guhanga cyangwa kuzamura urwego rw’ishoramari ryabo, ikigo Jack Ma Foundation cyatangaje ko ba rwiyemezamirimo bo muri Afurika bagiye guhatanira igihembo cya Miliyoni $1.5, ni u...
Taarifa Rwanda yamenye amakuru y’uko ubushyimirane bushingiye ku ikoreshwa nabi ry’umutungo bwateye umugore kwica umugabo we amutemye nawe arimanika. Bari batuye mu Mudugudu wa Gacondo, Ak...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje igishushanyo gisobanura uko ibiyaga by’ingenzi mu Rwanda bizabyazwa umusaruro. Ibiyaga by’ingenzi mu Rwanda ni ikiyaga cya Kivu, ikiyaga cya Muhazi, i...
Rees Kinyangi uyobora SONARWA na Aisha Uwamahoro ushinzwe ibaruramutungo muri iki kigo batawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha bakurikiranyweho kunyereza miliyoni Frw 117. Ubugenzacyaha bwabwiye ...
Mu Murenge wa Nyankenke mu Karere ka Gicumbi haravugwa umugore wakubise ishoka umugabo we nyuma y’iminsi irindwi bakoze ubukwe. Bari batuye mu Mudugudu wa Gaseke, Akagari ka Kigogo mu Karere ka Gicumb...
Guverinoma ya Sudani y’Epfo ivuga ko ibikenewe kugira ngo amatora y’Umukuru w’igihugu akorwe mu mutuzo no mu mucyo bitarabona bityo ko adashoboka. Ni inshuro ya gatatu ubutegetsi bwa Sudani y’Epfo but...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere, RGB, bwahagaritse Itorero ry’Umuriro wa Pentekote mu Rwanda kubera impamvu zirimo kuzana ibice mu bayoboke binyuze mu kubabibamo amacakubiri. Ikin...
Nyuma yo kumva ibyo Transparency International yabonye mu isesengura yakoze kuri raporo y’Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta, Umunyamabanga mukuru wungirije wa RIB witwa Consolée Kamarampaka yasabye ko...
Mu rwego rwo gukumira inyereza ry’umutungo w’Amakoperative, Urwego ruyashinzwe( RCA) rwatumije abayayobora mu Ntara no mu Mujyi wa Kigali kugira ngo barebere hamwe uko hashyirwaho urwego rubishinzwe. ...









