Nyuma yo kunganya na Bugesera FC igitego 1-1 mu mukino waraye uhurije aya mapike muri Kigali Pelé Stadium, abafana na APR FC ntibishimiye uku kunganya, ubu bakaba basaba ubuyobozi bw’iyi kipe kwiruk...
N’ubwo bitaratangazwa ku mugaragaro, hari bamwe mu bafana ba APR FC bavuga ko aho ibintu bigeze umutoza wayo yasezererwa kubera ko nta musaruro aragaragaza. Uyu mutoza w’Umufaransa witwa Thierry Froge...
Amakuru aravuga ko Carlos Alòs Ferrer wari umutoza mukuru w’Amavubi aherutse kwandikira FERWAFA ayisaba gusesa amasezerano mashya yari aherutse gusinyana nayo. Yari ayo gukomeza kuyatoza mu myaka ibir...
Ubuyobozi bwa APR FC bwazanye abatoza bashya ngo bongerere iyi kipe imbaraga zo kuzakina no kuzatwara Shampiyona ziri imbere. Umutoza mukuru wa APR FC yitwa Thierry Froger akaba afite imyaka 60 y’amav...
Umunya Tunisia Yamen Zelfani yageze ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali azanywe no gutoza Rayon Sports. Iyi kipe ni imwe mu zifite abafana benshi mu Rwanda kandi muri iki gihe abayizi bavuga k...
Uwo ni Serumogo Ally Omar. Uyu musore ukina ari myugariro yaraye asezewe ariko yishimiwe n’ubuyobozi bwa Kiyovu Sports yari amazemo imyaka itanu. Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwamwifurije amahirwe aho...
Mu buryo bwiswe ko ari ‘agateganyo’, ubuyobozi bwa Sunrise bwahagaritse umutoza mukuru w’iyi ikipe witwa Seninga Innocent. Yahagarikanywe n’uwari umwungirije Bibaye nyuma y’ukoiyi kipe itsinzwe na Mar...
Yitwa Etienne Ndayiragije akaba yari asanzwe ari umutoza wa Bugesera FC. Yasinyiye gutoza Ikipe y’igihugu y’u Burundi Amasezerano Etienne Ndayiragije yari afitanye na Bugesera FC yarangiye Taliki 10, ...
Abafana ba Rayon Sports bamwe bahimbye Gikundiro ntibishimye. Bavuga ko iby’ikipe yabo, bamwe bakunze bakiri bato ubu bakaba barabyaye, bimaze kuyoberana. Kugeza ubu bisa nk’aho nta kipe yo ikomeye mu...
Nyuma yo gutsindwa na Gasogi United, ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwahagaritse uwari umutoza mukuru w’iyi kipe witwa Alain-André Landeut. Gasogi United iherutse gutsinda Kiyovu Sports ibitego 3-1 mu ...









