Marouf Tchakei wa Singida Black Stars yo muri Tanzania yatsindiye ikipe ye igitego kimwe ku busa bwa Rayon Sports yakiniraga kuri Kigali Pélé Stadium imbere y’abafana bayo. Rayon kandi nibwo yari ikin...
Umunya-Algérie witwa Adel Amrouche watoje muri Tanzania no mu yandi makipe akomeye muri Afurika yagizwe Umutoza mukuru wa Amavubi asimbuye Umudage Torsten Frank Spittler. Spittler yarangiye manda ye a...
FERWAFA yemeje ko uwari umutoza mukuru wa Amavubi, Frank Torsten Spittler, adakomeza kubikora kuko ibiganiro byo kongera amasezerano yagiranaga nawe ntacyo byageze ho. Uyu mugabo ukomoka mu Budage ya...
Alphonse Munyantwali uyobora FERWAFA yavuze ko ibiganiro byo kongerera amasezerano y’akazi umutoza w’Amavubi yari yarahawe akaza kurangira bigikomeje. Abakurikirana umupira w’amaguru mu Rwanda bari b...
Amasezerano y’umutoza mukuru wa Amavubi, Torsten Frank Spittler yarangiranye n’umwaka wa 2024. Uyu mugabo ukomoka mu Budage yageze mu Rwanda aje gutoza Amavubi mu ntangiriro z’Ugushyingo, 2023. Yari a...
Mu buryo busa n’ubuca amarenga y’uko umutoza w’Amavubi ashobora kongererwa amasezerano yo kuyatoza, ubuyobozi bwa FERWAFA bwavuze ko hari ibiganiro biri kuba hagati y’impande zombi. Umudage Fran...
Umukino ubanza w’irushanwa nyafurika uhuza amakipe yabaye aya mbere iwayo waraye uhuje APR FC na Pyramids FC yo mu Misiri yarangiye anganyije 1-1. Abafana ba APR FC bavuze ko ibyo bidahagije, yagombye...
Robertinho uherutse gusinya ko agiye kongera gutoza Rayon avuga ko kugaruka agasanga mu bubiko bwayo kimwe mu bikombe yayihesheje ari iby’agaciro. Yaraye abitangaje nyuma yo gusinya amasezerano yo kuy...
Abafana ba APR FC n’abakunda umuziki muri rusange basezeye ku Umunya-Tunisia Dr Adel Zrane wari umutoza wongerera imbaraga abakinnyi uherutse gutabaruka. Icyateye urupfu rwe ntikiramenyekana kuko Urwe...
Umunya- Tunisia witwa Dr Adel Zrane wari umutoza wongerera ingufu abakinnyi ba APR FC yitabye Imana yaguye iwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 2 Mata 2024. Iby’urupfu rwe rwabitswe n’abari bagiye kumu...









