Ubwami bwa Maroc bwasabye ubuyobozi bwa Qatar n’ubwa Espagne kubagoboka kubera ingaruka z’umutingito uherutse kwibisira Intara ya Marrakech ugahitana abagera ku 2000 mu gihe gito. Ibihugu byinshi hari...
Mu Ntara ya Marrakech muri Maroc haraye habereye umutingito ukomeyeuri ku kigero cya 7 ku gipimo cya Richter, ukaba wahitanye abantu 632. Twandika iyi nkuru nibo bari bamaze kubarurwa. Imwe mu mpamvu...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu yagiye kuri Ambasade ya Türkiye mu Rwanda, yandika ubutumwa bwo kwihanganisha abaturage b’iki gihugu ku...
Imibare[ishobora kwiyongera] ivuga ko abantu 9,500 ari bo bamaze kubarurwa ko bishwe n’umutingito wabaye mu gice gihuza Syria na Turikiya. Wabaye mu rukerera rwo ku wa Mbere taliki 06, Gashyantare, 20...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yandikiye ubutumwa ubuyobozi bwa Turikiya na Syria abwihanganisha nyuma y’uko ibi bihugu bipfushije abantu benshi bazize umutungito wabaye kuri uyu wa ...
Ni wo mutingito ukomeye ubayeho mu mateka y’ikinyejana cya 21 kuva cyatangira. Wabereye mu gice gihuza Syria na Turikiya mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbera, taliki 06, Gashyantare, 2023. Uko amas...
Imibare itangwa n’inzego z’ubuzima muri Turikiya na Syria ivuga ko abantu bamaze kuberurwa ko bahitanywe n’umutingito waraye ubaye mu gice ibihugu byombi bihuriyeho, bamaze kuba 500....
Kugeza ubu Ibarura ry’abahitanywe n’umutingito wabaye muri Indonesia mu masaha make ashize, rivuga ko abantu 252 ari abo bamaze kubarurwa ko wahitanye. Kuri uyu wa Mbere habarurwaga abantu ba mbere ba...
Inzego z’umutekano n’ubutabazi muri Indonesia ziri gushakisha niba nta bandi bantu baba bahitanywe n’umutingito wabereye mu Kirwa cya Java, kimwe mu birwa byinshi bigize Indonesia. Uyu mutingito wari ...
Umutingito ufite ubukana bwa Richter bungana na 6.1 wajegeje ibice by ‘Afghanistan wica abantu benshi. Kugeza ubu hamaze kubarurirwa muri 920, abandi benshi bakameretse ndetse n’ingingo z’imib...









