Umutingito ufite ubukana bwa 8.8 ku gipimo cya Ritchter wabereye mu nkengero z’Uburusiya hafi y’ikirwa Kamchatka wateje umwuzure abahanga bita Tsunami watumye abatuye iki gice n’ahandi bah...
Agahinda ni kenshi hirya no hino mu gihugu cya Myanmar nyuma y’uko abantu barenga 2000 ari bo bamaze kuboneka bishwe n’umutingito wibasiye iki gihugu cyo mu Majyepfo ya Aziya guhera ku wa Gatan...
Imibare y’agateganyo iravuga ko umutingito wahabaye kuri uyu wa Kane kare kare umaze guhitana abantu 1600. BBC yemeza ko iyo mibare ishobora kuba ari iy’agateganyo. Umutingito wahitanye ab...
Imibare – nayo y’agateganyo- iravuga ko abantu 1002 ari bo bahitanywe n’umutingito wabaye muri Mynamar. Wibasiye cyane iki gihugu ariko ugera n’ahandi harimo mu Bushinwa, mu Bu...
Ikigo cya Amerika gishinzwe kureba iby’imitingito US Geological Survey gitangaza ko mu Majyepfo ya Aziya hadutse umutingito ufite ubukana bwa 7.7 usenya byinshi mu Buhinde, Bangladesh, Laos, Mya...
Nyuma y’uko Ubushinwa buzindukiye mu gahinda bwatewe n’uko umutingito ufite ubukana bwa 7.1 uhitanye abakabakaba 100, ubuyoyozi bwa Nepal nabwo bwavuze ko abaturage b’iki gihugu bibasiwe nawo, uhitana...
Umutingito ufite ubukana bwo ku gipimo cya Richter cya 7.1 wibasiye abatuye Intara ya Tibet wica abantu 95 abandi barenga 120 barakomereka. Amakuru arebana nawo yatangajwe mu gitondo cyo kuri uyu wa ...
Ubuyobozi mu Buyapani bwasabye abaturage kwirinda kwegera cyane inkombe z’inyanja kuko hari ubwoba bw’umutingo ufite igipimo cya Ritchter cya 6.9 ushobora kuza gukurikirwa n’umwuzure uturuka mu Nyanja...
Abaturage bo mu misozi miremire yo mu Majyaruguru y’Uburengerezuba bw’Ubushinwa bari mu kaga katewe n’umutingito wahitanye abantu 118 ariko bashobora kuza kwiyongera. Itangazamakuru ryo mu Bushinwa ri...
Mu Murwa mukuru wa Nepal, Kathmandu, hari imiborogo nyuma y’urupfu rw’abantu 143 bishwe n’umutingito ukomeye wabatunguye baryamye. Abahanga bapimye basanga wari ufite igipimo cya Richter cya 5.6 ndets...









